Umutwe wa M23 wigaruriye Centre y’ubucuruzi ya Mubi yo muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’uko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimaze...
Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu, aguye mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza. Urupfu...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 21 Werurwe 2025 yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umucamanza wa Leta yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika gahunda yari igamije gufunga Ikigo cy’Iterambere Mpuzamahanga cya Amerika (USAID), yari yarategetswe...
Umuvunyi Mukuru ni umwe mu bayobozi bakuru b’igihugu ufite inshingano zo gukemura ibibazo by’abaturage, by’umwihariko ibirebana n’akarengane n’ubutabera. Akazi ke gasaba ubushishozi no kugira ubushobozi buhagije...
Nyanza: Mu karere ka Nyanza, mu Murenge wa Muyira, inkumi n’umusore bakomatiye ku mugezi, biviramo umwe kwitaba Imana. Uru rupfu rutunguranye rwabereye mu karere ka Nyanza...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, yageze i Kigali mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rugamije gukorwamo ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru...
Abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi bayobozi bakuru (GR), barasanye n’abapolisi mu Mujyi wa Kinshasa. Uku kurasana...
Ihuriro AFC/M23 ryafashe umujyi wa Walikale w’Intara ya Kivu ya Ruguru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe 2025 itarwanye nkuko Radio...
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryongera umusoro usabwa ibigo bitanga serivisi z’imikino y’amahirwe, ukazava kuri kuri 13% ukagera kuri 40%. Imikino y’amahirwe yiganje mu rubyiruko n’abakuru...