RIB urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko rwafunze umukinnyi Songa Isaïe akurikiranyweho gukoresha ibikangisho ku mugore babyaranye ariko batasezeranye imbere y’amategeko. Yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 12 Gicurasi 2024 nyuma y’umukino wahuzaga ikipe ya Manchester United na Arsenal zo muri shampiyona y’Ubwongereza, nibwo Uwizeyimana Sylvestre uzwi nka...
Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’Amaguru mu Rwanda mu 2023/24. APR FC yanganyije n’Amagaju FC igitego 1-1mu mukino...
Amarira ni menshi cyane ku ikipe ya Etoile del’Est imanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunyagirirwa imbere y’abakunzi ba yo na Bugesera FC ibitego 3-0....
Umutoza w’ikipe y’igihugu ’Amavubi’yatangaje urutonde rw’Agateganyo rw’Abakinnyi yahamagaye, bazitabira umwiherero wo kwitegura imikino yo guhatanira kuzitabira Igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026. Uru rutonde rw’agateganyo...
Rutahizamu Kylian Mbappé yasezeye byeruye kuri Paris Saint-Germain yari amazemo imyaka 7. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,yatangaje ko atazongera amasezerano muri PSG – kugira...
Ferwafa ryatangaje ko kugeza ubu nta biganiro byari byaba hagati yabo na rutahizamu wa Bugesera Ani Elijah ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi. Ibi Ferwafa ikaba...
Mu mpera z’iki cyumweru gishize mu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe ndetse n’andi marushanwa arakomeza mu gihe umwaka w’imikino uri kugana ku musozo. Uko ni...
Umufana ukomeye wa APR FC n’Amavubi Stars, Munyaneza Jacques uzwi nka Rujugiro yateye ivi imbere y’umukunzi we, Dovine amusaba ko yazamubera umugore undi arabyemera. Kuri uyu...
Ikipe ya Police FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 yegukana Igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya kabiri mu mateka yayo mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali...