Umubyinnyi General Benda, yakuyemo imyenda ku karubanda, yishimira ko Bruce Melodie yinjiye mu mubare w’abamukurikira ku rubuga rwa Instagram. General Benda yavuze ko ibi yabikoze kuko...
Minisitiri w’urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Utumatwishima yavuze ko yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw n’uwahoze ari inshuti ye witwa Pastor...
Mu kiganiro yagiranye na Chita Magi TV Sunny, ahamya ko yashoye muri iyi ndirimbo agahomba kandi ko ari ibisanzwe mu bucuruzi. Yahishuye ko amajwi y’iyi ndirimbo...
Ibi byose byaje nyuma y’uko Madebeats ahishuye ko The Ben na Bruce Melodie muri 2017 bashatse gukorana indirimbo bikarangira itabayeho. The Ben nyuma yayo makuru yaragiye...
Niyo Bosco yamaze kumenyesha ubujyanama bwe ko uretse amashusho y’indirimbo Ndabihiwe aherutse gusohora, nta yindi ndirimbo isanzwe azakora. Ibi Niyo Bosco yabishimangiye ubwo yari mu kiganiro...
Kuri uyu wa gatatu, Harry Maguire ntabwo agaragara mumikino ya FA Cup igeze mu ijonjora rya gatanu ya Manchester United ikina na Nottingham Forest, Bruno Fernandes...
Imikino ya nyuma yo kumenya amakipe azaserukira Intara y’iburengerazuba yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2023-2024, aho yasojwe...
Biravugwa ko perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yaba yaramaze gufata umwanzuro wo kongera kwiyamamariza kuyobora Rayon Sports mu gihe manda ye izaba irangiye. Mu...
Alexandre Chucka Iwobi uzwi nka Alex iwobi ukina mu kibuga hagati asatira agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria kubera gutukwa cyane n’abafana ba Nigeria ...
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bari kwitegura irushanwa rya Tour du Rwanda 2024 ribura ibyumweru bibiri ngo itangire kuva tariki ya 18 kugeza...