Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye ikiniraho cya Estadi Olimpic Lluis Companys....
Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Uyu munsi ni bwo hatangiye...
Ibitego 2 bya AS Kigali byatsinzwe na Ishimwe Fiston na Benedata Janvier bahoze bakinira APR FC, byatumye umukino wahuzaga aya makipe urangira ari 2-2 maze ikipe...
APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari. Bivugwa ko Young Africans...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Zambia yakoze impanuka ikomeye ari kumwe n’umukunzi we ahita apfa.Umukinnyi Rainford Kalaba w’Umunya-zambia Wamenyekanye cyane muri TP Mazembe inkuru zavuze ko yitabye...
Amakuru ava kumirongo y’imbere agaragazako iyi kipe aravuga ko uyu wahoze ayobora kiyovu sports ashobora ku girwa umuyobozi w’iyipike y’igiporisi cy’u Rwanda. Juvenal winjiye mu mupira...
Umuryango wa Rayon Sports wakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa 1994, Ni urugendo rwahereye Kicukiro rusorezwa ku rw’ibutso rwa Nyanza ya Kicukiro....
Abakinnyi b’Ikipe ya Arsenal mu bagabo n’abagore ndetse n’abanyabigwi bayo batanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu gutangiza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe...
Adel wari ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, yazize urupfu rutunguranye aho yitabye Imana ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2024. Moha...
Abakinnyi ba Rayon Sports ntabwo bishimiye umutoza bitewe n’uburyo abakinishamo ari na yo ntandaro bavuga yo gutakaza imikino imwe n’imwe. Ntabwo abakinnyi bishimiye uburyo akinisha iyi...