Huye: Birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we.
Sibomana Charles w’imyaka 48 wo mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rugango, Umurenge wa Mbazi, ho mu Karere ka Huye, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we. Byabaye mu ijoro rishyira ku wa 24 Kamena 2026, ubwo aba bombi bashyamiranaga, n’ubwo icyo bapfuye kitahise kijya ahagaragara. Umuvugizi wa Polisi […]
Continuer la lecture
