Gisagara: Hatahuwe litiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zakorwaga mu ruvangitirane rw’ibishobora kubyara uburozi

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage, bamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nka “Nyirantare”, zafatiwe mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Bwinyambo, Akagari ka Rwanza, Umurenge wa Save. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, yavuze ko izi nzoga zafashwe ziramennwa nyuma […]

Continuer la lecture

Abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mezi atandatu ashize kugeza muri Kamena 2026, abantu 44 bamaze kwicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge. Dr. Nsanzimana yabitangaje ubwo yari kuri Televiziyo y’u Rwanda, ku mugoroba wo ku wa 8 Nyakanga 2026. Ati “Ni ikibazo gikomeye cyane. Navuga ko ari icyorezo mu bindi…. Kuva mu kwezi kwa mbere […]

Continuer la lecture

Abafite ubumuga 900 bari gufashwa byihariye mu bizamini bya leta bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko abanyeshuri bafite ubumuga bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, bari gufashwa byihariye ngo bakore neza kimwe n’abandi asaba abarezi gushyiraho akabo. Mu banyeshuri 277,452 bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2025/26, harimo 928  bafite ubumuga barimo ab’igitsina gabo […]

Continuer la lecture

Mu Rwanda Impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu zagabanutseho 81.6%

Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko umubare w’impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu ugenda ugabanuka aho mu myaka 25 ishize zagabanutse ku rugero rungana na 81.6% Ibi byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima bwashyizwe muri raporo yagiye hanze ku wa 30 Kamena 2026. Raporo ya […]

Continuer la lecture

Abanduye SIDA mu Rwanda bwavuye kuri 2,7% bugera kuri 2.2% .

Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko urugendo rwo guhangana na Virusi itera SIDA rukomeje gutanga umusaruro, aho ubwandu bwagabanutse bugera kuri 2,2% mu Banyarwanda bafite hagati y’imyaka 15 na 49, buvuye kuri 2,7% bwariho mu 2019-2020. Bigaragara muri raporo yavuze mu bushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ku bufatanye […]

Continuer la lecture

Icyo amategeko avuga ku byerekeranye no gukuramo inda mu Rwanda.

Ingingo ya 123 y’ Itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, igaragaza ko mu Rwanda kwikuramo inda ari icyaha gihanwa n’amategeko. Gusa umuganga ashobora gukuriramo umuntu inda ariko hakurikijwe ibigenwa n’Iteka rya Minisitiri N°002/MoH/2019 ryo ku wa 8 Mata 2019, kuko na byo bifite amabwiriza abigenga. Ishami ry’Umuryango w’abibumbye […]

Continuer la lecture

‘Nta mpungenge abanyarwanda bakwiye kugira ku Cyorezo cya Ebola ‘ Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku bijyanye n’icyorezo cya Ebola kimaze iminsi kivugwa mu bihugu by’abaturanyi, kuko hakajijwe ingamba zo kugikumira, gukurikirana no kwita ku wakwandura. r. Nsengiyumva yavuze ko hari icyizere cy’uko Igihugu cyiteguye bihagije mu kurinda ubuzima bw’abaturage kandi hatabayeho guhagarika ibikorwa by’ubukungu n’imibereho […]

Continuer la lecture

U Rwanda rukeneye miliyari 114 Frw kugira ngo rugire abaganga bahagije b’inzobere mu kubaga

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko u Rwanda rukeneye asaga miliyari 114 Frw kugira ngo ruzibe icyuho cy’umubare muke w’abaganga b’inzobere mu kubaga, ibikoresho bikenerwa ndetse n’uw’ibyumba byo kubagiramo nabyo bikiri bike cyane. Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kubaga baturutse mu bitaro bya leta n’iby’abigenga baganiriye ku buryo iki kibazo cyavugutirwa umuti kugira ngo […]

Continuer la lecture

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Oklahoma Christian University bizihije imyaka 20 y’ubufatanye

Mu nyubako ya Kigali Convention Centre (KCC) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Oklahoma Christian University n’u Rwanda Perezida Paul Kagame yashimiye kaminuza ya Oklahoma Christian University ku ruhare yagize mu iterambere ry’igihugu agaragaza ko yizeye ko ubufatanye hagati y’iyi kaminuza n’u Rwanda  bizameza no […]

Continuer la lecture

Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko bishobora gutwara amezi icyenda kugira ngo urukingo rwa virusi ya Ebola izwi nka Bundibugyo ruboneke Ibi byatangajwe ku wa 20 Gicurasi 2026, n’Umujyanama muri OMS, Dr. Vasee Moorthy. Yavuze ko hari inkingo ebyiri bari kugerageza zo kurwanya icyorezo iyi virusi ya Ebola. Umuntu wa mbere wishwe […]

Continuer la lecture