Gisagara: Hatahuwe litiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zakorwaga mu ruvangitirane rw’ibishobora kubyara uburozi
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage, bamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nka “Nyirantare”, zafatiwe mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Bwinyambo, Akagari ka Rwanza, Umurenge wa Save. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, yavuze ko izi nzoga zafashwe ziramennwa nyuma […]
Continuer la lecture
