WASAC yashyizeho uburyo bwo gusaranganya amazi kubera impeshyi.

Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko kubera igabanyuka ry’amazi muri iki gihe cy’impeshyi, hashyizweho gahunda yo kuyasaranganya, bityo ko abantu bakwiye kuyakoresha neza Mu itangazo WASAC yashyize hanze ku wa Kabiri tariki 30 Kamena 2026, yasabye abaturarwanda ko kubera isaranganywa amazi ashobora kubura aho batuye bityo ko bakwiye kuyabika no kuyakoresha neza. […]

Continuer la lecture

Ashton Hall yiyemeje gufasha Kagarara gukurikirwa n’abarenga miliyoni.

Umunyamerika Ashton Hall wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera gukora siporo zidasanze by’umwihariko kwiruka yiyemeje gufasha Enock Uwizeye uzwi nka ‘Kagarara’ kugira abamukurikira miliyoni ku rubuga rwa Instagram. Ibi yabitangaje ku wa 30 Kamena 2026 abinyujije ku mbuga ze aho yavuze ko yagize ibihumbi 200 by’abamukurikira mu cyumweru ndetse intego ari kugira miliyoni. Ati “Kugira […]

Continuer la lecture