Perezida Trump yateguje Iran kuyifungira inzira muri Hormuz.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zigiye kongera gufungira ubwato bw’ubucuruzi bwa Iran inzira bunyuramo mu Muhora wa Hormuz no gusoresha ubw’ibindi bihugu buhanyura. Uyu Mukuru w’Igihugu yatangaje iki cyemezo kuri uyu wa 13 Nyakanga 2026 mu gihe ingabo za Amerika n’iza Iran zikomeje kurwanira mu Burasirazuba […]

Continuer la lecture

Gisagara: Hatahuwe litiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zakorwaga mu ruvangitirane rw’ibishobora kubyara uburozi

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage, bamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nka “Nyirantare”, zafatiwe mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Bwinyambo, Akagari ka Rwanza, Umurenge wa Save. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, yavuze ko izi nzoga zafashwe ziramennwa nyuma […]

Continuer la lecture

Afurika y’Epfo imaze gutunganya amadosiye ibihumbi 53 y’abanyamahanga igomba kwirukana.

Afurika y’Epfo yatangaje ko mu byumweru bishize yatangiye gutunganya amadosiye y’abanyamahanga 53.449 bagomba gusubizwa mu bihugu bakomokamo. Iyi mibare yatangarijwe i Pretoria na Minisitiri w’Ubutabera, Mmamoloko Kubayi, usanzwe ari n’Umuyobozi wa Komite ihuriweho na za minisiteri ishinzwe ibikorwa by’abimukira (Inter-Ministerial Committee on Migration – IMC), ubwo yatangaga amakuru ku ngamba za Leta zigamije gucunga neza […]

Continuer la lecture

Umunyamerika Ashton Hall na Kagarara Ashton Small bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu

Umunyamerika Ashton Hall wamamaye mu myitozo ngororamubiri, umaze iminsi agirira ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugaban wa Afurika akorana n’Umunyarwanda wamenyekanye nka Kagarara ubu wiswe Ashton Small, bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu. Aba bombi kimwe n’Umuhindi na we bise Indian Ashton Hall, bamaze iminsi bakorera ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugabane wa Afurika, kuri iyi […]

Continuer la lecture

Umunyezamu Ntwari Fiacre yabonye ikipe nshya

‎Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Ntwari Fiacre, yatijwe mu ikipe nshya ya Kruger United ikina Icyiciro cya Mbere muri Afurika y’Epfo avuye muri Kaizer Chiefs Uyu munyezamu w’imyaka 26 yahawe amasezerano y’umwaka umwe w’intizanyo kugira ngo abone umwanya uhagije wo gukina bityo yongere agarure icyizere ndetse n’urwego rwe rwo hejuru. ‎Iki cyemezo cyafashwe nyuma […]

Continuer la lecture

Tombola ya CECAFA yasize amakipe yo Mu Rwanda yisanze mu matsinda Akomeye.

Ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rikomeye hamwe n’ibigugu birimo Al Hilal SC na Tusker FC muri tombola y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup yabaye kuri uyu wa Gatanu mu cyumba cy’itangazamakuru cya Stade Amahoro. ‎APR FC na yo ihagarariye u Rwanda yashyizwe mu rindi tsinda rigoye rigizwe n’amakipe akomeye mu Karere arimo Gor Mahia […]

Continuer la lecture

Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru.

Brigade ya 507 y’ Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yasoje amahugurwa ya gisirikare yo ku rwego rwisumbuye yagenewe Ingabo zirwanira ku butaka yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare i Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Aya mahugurwa yari agamije kongerera abasirikare ubumenyi, ubuhanga n’ubushobozi mu bikorwa bya gisirikare kugira ngo barusheho […]

Continuer la lecture

Umunyarwenya Tenge Tenge agiye gusura u Rwanda.

Ku nshuro ye ya mbere, umunyarwenya Saad Ssozi, uzwi nka Rango Tenge Tenge nku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, agiye gusura u Rwanda. Uyu munyarwenya abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko azaba aje mu gitaramo azahakorera mu iserukiramuco rya ‘Tintin Summer Festival’, ku wa 1 Kanama 2026. Ati “Muraho nshuti zanjye zo mu Rwanda? Ku […]

Continuer la lecture

Abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mezi atandatu ashize kugeza muri Kamena 2026, abantu 44 bamaze kwicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge. Dr. Nsanzimana yabitangaje ubwo yari kuri Televiziyo y’u Rwanda, ku mugoroba wo ku wa 8 Nyakanga 2026. Ati “Ni ikibazo gikomeye cyane. Navuga ko ari icyorezo mu bindi…. Kuva mu kwezi kwa mbere […]

Continuer la lecture

Burundi : Bariyeri ziri gushyirwa mu bice byinshi zikomeje kuguvisha benshi

Muri Komini nyinshi zo mu Ntara ya Burunga yo mu majyepfo y’u Burundi, haravugwa ishyirwaho rya bariyeri nyinshi mu mihanda ryazahaje urujya n’uruza rw’ibinyabiziga n’ibicuruzwa, ndetse abahatuye bakavuga ko batumva impamvu yazo mu gihe bazi ko ntakibazo cy’umutekano gihari. Izi bariyeri ziri gushyirwaho ku bwinshi n’Igipolici cy’u Burundi, ziravugwa mu mihanda yo mu bice bya […]

Continuer la lecture

Abafite ubumuga 900 bari gufashwa byihariye mu bizamini bya leta bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko abanyeshuri bafite ubumuga bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, bari gufashwa byihariye ngo bakore neza kimwe n’abandi asaba abarezi gushyiraho akabo. Mu banyeshuri 277,452 bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2025/26, harimo 928  bafite ubumuga barimo ab’igitsina gabo […]

Continuer la lecture