L'Amérique et l'Iran s'affrontent à nouveau en peu de temps
Amerika yongeye kugaba ibitero ku butaka bwa Iran, nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashinje Tehran kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, avuga ko icyo gihugu cyakoze “ubusazi” mu kwibasira ubwato butwara imizigo bunyura mu nzira y’amazi ya Hormuz. Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (CENTCOM) zatangaje ko zagabye ibitero […]
Continuer la lecture
