L'Amérique et l'Iran s'affrontent à nouveau en peu de temps

Amerika yongeye kugaba ibitero ku butaka bwa Iran, nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashinje Tehran kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, avuga ko icyo gihugu cyakoze “ubusazi” mu kwibasira ubwato butwara imizigo bunyura mu nzira y’amazi ya Hormuz. Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (CENTCOM) zatangaje ko zagabye ibitero […]

Continuer la lecture

Le président Kagame s'est exprimé sur Kayumba, Karegeya, Rudasingwa et d'autres qui se voyaient diriger le Rwanda.

Perezida Paul Kagame yavuze kuri bamwe mu bahoze mu nzego zikomeye z’igihugu, barimo Kayumba Nyamwasa, Patrick Karegeya na Théogène Rudasingwa, avuga ko bari mu bantu bigeze kwibona cyangwa bakabonwamo n’abari hanze nk’abashobora kuba ba perezida, ariko bagambiriye ikibi. Yabigarutseho mu nama nyunguranabitekerezo ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika, yabereye muri Intare Arena, […]

Continuer la lecture

Le président Kagame s'est entretenu avec Zein Abdalla, PDG de Mastercard Foundation.

Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi wa Mastercard Foundation, Zein Abdalla, ari kumwe n’uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, hamwe n’abandi bagize Inama y’Ubuyobozi n’abayobozi bakuru b’uyu muryango. Yabakiriye kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Kamena 2026, muri Village Urugwiro. Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye hagati ya Mastercard Foundation n’u Rwanda, ndetse n’uburyo […]

Continuer la lecture

Un Rwandais très connu dans le monde du divertissement, Jimmy Muyumbu, est poursuivi par l'Amérique pour une fraude de 53 milliards de francs rwandais.

Jimmy Muyumbu, Umunyarwanda w’imyaka 38 utuye muri Glendale muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyizwe mu majwi n’ubutabera bwa Amerika muri dosiye ikomeye y’uburiganya mu buvuzi, aho akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’amafaranga arenga miliyoni 44,9 z’amadolari. Muyumbu, izina risanzwe rizwi mu muryango w’Abanyarwanda baba muri Amerika no mu bakurikiranira hafi imyidagaduro. […]

Continuer la lecture

L'APR FC a signé l'attaquant Uwiyaremye Fidali

Ikipe ya APR FC yatangaje rutahizamu Uwiyaremye Fidali nk’umukinnyi wayo mushya, aho avuye mu ikipe ya Kiyovu Sports. Uwiyaremye yerekeje muri APR FC nyuma yo kwitwara neza mu mwaka ushize w’imikino mu ikipe ya Kiyovu Sports, aho yagize uruhare mu bitego birenga 15 mu marushanwa yose, harimo ibitego 11 yatsinze muri Shampiyona y’u Rwanda, BK […]

Continuer la lecture

Inzego n’ibigo byagaraweho gukoresha nabi umutungo wa Leta mu Rwanda biratangira kubitangaho ibisobanuro mu ruhame.

Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) iratangira kubariza mu ruhame inzego n’ibigo 76 ku makosa yagaragaye mu micungire y’imari n’umutungo bya Leta. Ibi bisobanuro bitangwa kuri aya makosa yagaragagajwe muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye ku wa 30 Kamena 2025, biratangira gutangwa none ku wa Kane […]

Continuer la lecture

Huye: Birakekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we.

Sibomana Charles w’imyaka 48 wo mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rugango, Umurenge wa Mbazi, ho mu Karere ka Huye, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye nyuma yo gutera icyuma umugore we. Byabaye mu ijoro rishyira ku wa 24 Kamena 2026, ubwo aba bombi bashyamiranaga, n’ubwo icyo bapfuye kitahise kijya ahagaragara. Umuvugizi wa Polisi […]

Continuer la lecture

Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda yigaragaje muri ‘NBA Draft 2026’

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Nate Ament wakiniraga Tennessee Basketball ibarizwa muri Shampiyona ya Kaminuza muri Amerika (NCAA), uvuka ku mubyeyi [mama] w’Umunyarwandakazi, yatoranyijwe na Miami Heat, ariko imutanga muri Milwaukee Bucks muri ‘NBA Draft’ za 2026 zabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufite imyaka, 19 yaserutse yambaye ikote ririho amagambo […]

Continuer la lecture

Umusore ukekwaho gusambanya Shaddy Boo yatawe muri yombi.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, akurikiranyweho gusambanya ku gahato Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yemeje itabwa muri yombi ry’uyu musore anavuga ko hagikomeje iperereza ku byaha akekwaho. Yugi Umukaraza afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko akurikiranyweho […]

Continuer la lecture

RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.

Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026 ni bwo Shaddy Boo yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa butabaza RIB, nyuma ahamya ko yasabwe kujya kwa muganga […]

Continuer la lecture