Ikipe y’Igihugu ya Bénin yatsinze Amavubi igitego 1-0 mu mukino wa gatatu mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizabera muri Canada, Amerika na Mexique mu 2026....
Ikipe ya APR yananiwe kumvikana na rutahizamu w’Umunya-Uganda Steven Desse Mukwala wayisabye kumwishyura agera ku bihumbi 70$. APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League...
Rutahizamu Kylian Mbappé w’imyaka 25 yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid ndetse ahita agaragaza ko ari ikipe yari yarihebeye kuva mu bwana bwe. Kuri uyu...
Nkurunziza David niwe watorewe kuyobora Kiyovu Sports imyaka 3 iri imbere mu nama y’inteko rusange y’iyi kipe yabaye kuri iki Cyumweru,tariki ya 26 Gicurasi 2024. Asimbuye...
Ikipe ya Police FC iheruka gutwara igikombe cy’amahoro,yatandukanye n’abakinnyi icyenda barimo abazwi cyane nka Rutanga Eric na Nshuti Savio bari bakapiteni. Amakuru avuga ko abakinnyi bashoje...
Mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2024-25 utangira, APR FC irateganya gukora impinduka ikarekura abakinnyi benshi. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu yegukanye shampiyona ya 2023-24 ikaba izakina CAF...
Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yasubiye mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yitegura guhura na Bénin ndetse Lesotho mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi...
Ikipe ya ESPOIR FC yakuweho amanota mu mikino yose yakoreshejemo umukinnyi witwa Christian Watanga Milembe adafite ibyangombwa, biyiviramo kuguma mu cyiciro cya 2. AS MUHANGA niyo...
Rutahizamu wa Bugesera FC, Umunya-Nigeria Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ kugira ngo abanze gushakirwa ibyangombwa byo kuba yakinira u Rwanda. Elijah ni umwe...
Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda...