Mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2024-25 utangira, APR FC irateganya gukora impinduka ikarekura abakinnyi benshi. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu yegukanye shampiyona ya 2023-24 ikaba izakina CAF...
Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yasubiye mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yitegura guhura na Bénin ndetse Lesotho mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi...
Ikipe ya ESPOIR FC yakuweho amanota mu mikino yose yakoreshejemo umukinnyi witwa Christian Watanga Milembe adafite ibyangombwa, biyiviramo kuguma mu cyiciro cya 2. AS MUHANGA niyo...
Rutahizamu wa Bugesera FC, Umunya-Nigeria Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ kugira ngo abanze gushakirwa ibyangombwa byo kuba yakinira u Rwanda. Elijah ni umwe...
Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda...
RIB urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko rwafunze umukinnyi Songa Isaïe akurikiranyweho gukoresha ibikangisho ku mugore babyaranye ariko batasezeranye imbere y’amategeko. Yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 12 Gicurasi 2024 nyuma y’umukino wahuzaga ikipe ya Manchester United na Arsenal zo muri shampiyona y’Ubwongereza, nibwo Uwizeyimana Sylvestre uzwi nka...
Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’Amaguru mu Rwanda mu 2023/24. APR FC yanganyije n’Amagaju FC igitego 1-1mu mukino...
Amarira ni menshi cyane ku ikipe ya Etoile del’Est imanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunyagirirwa imbere y’abakunzi ba yo na Bugesera FC ibitego 3-0....
Umutoza w’ikipe y’igihugu ’Amavubi’yatangaje urutonde rw’Agateganyo rw’Abakinnyi yahamagaye, bazitabira umwiherero wo kwitegura imikino yo guhatanira kuzitabira Igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026. Uru rutonde rw’agateganyo...