Rusesabagina Paul yavuze ko aticuza impfu umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wateye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Mu kiganiro kuri CNN kuri uyu wa 4 Mata...
Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sénégal, , Bassirou Diomaye Faye niwe usatira kwegukana itsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu. Mugenzi we bari bahanganye ,Amadou Ba,yamuhamagaye kuri...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko...
Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe...
Ikigo gishinzwe Ingufu muri Ghana, Electricity Company of Ghana (ECG), ku wa Kane cyakupiye amashanyarazi Inteko Ishinga Amategeko kubera umwenda wa miliyoni $1.8 ikibereyemo. Byatumye...
Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u...
Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa. Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare...
Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye...
Mu rubanza rwabaye ku itariki ya 19 gashyantare 2024,Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi yasabye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko atagombye kuzira ibyaha...
Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024. Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu...