Murukerera rwo kuwa kabiri, tariki 16 Mutarama 2024, mu ma saha ashyira saa saba z’ijoro, mu murenge wa Rubavu, ho mu karere ka Rubavu nibwo hafatiwe...
Umuraperi Rukundo Elia, wamenyekanye muri muzika nyarwanda, mu njyana ya HipHop by’umwihariko mu itsinda rya Tuff Gang, mu makuru ya Radio ya Rwanda yo ku mugoroba...
Dj Chicken yongeye kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko ashaka kuryamana n’Umugore wa Davido witwa Chioma akanamutera inda. Ntagihe kinini giciyeho...
Mukeshimanamana Jean Bosco, wo mu karere ka Rubavu avuga ko ari mu gahinda kenshi nyuma y’Uko umwana we witwa Icyimanishaka Sifa w’imyaka 22, wari uvuye gucuruza...
Guverunoma y’u Rwanda kuwa 13 Mutarama 2024 yatangaje ko inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, izaba kuva tariki 23-24 Mutarama 2024. Guverinoma yabitangaje binyuze...
Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye...
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro buvuga ko impamvu hakozwe impinduka mh buyobozi bw’Imirenge, babitewe no kugira ngo bazanzahure imirenge yasanga nk’aho yasigaye inyuma mu mihigo. N’Impinduka...
Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 mu mujyi wa...
Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa 02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira. ...
Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari...