Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na...
Ibiciro by’umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakinwa tariki 07 Ukuboza 2024 byamaze gutangazwa, aho itike ya menshi izaba ari Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda. UPPER...
Nyuma y’igihe kinini hariho urujijo ku gihe Umukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda ugomba guhuza Rayon Sports na APR FC uzakinirwa, wamaze gushyirwa tariki...
Peter Kabugo wari mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Uganda, yapfiriye mu kibuga ubwo yari mu bagombaga gukiranura SC Villa na UPDF...
Minisiteri ya Siporo yijeje gukurikirana ibibazo byatangajwe n’abakinnyi b’umukino w’amagare, bavuze ko badafite amahirwe yo kwitabira amarushanwa, ndetse ko bahura n’ibibazo mu myitozo yabo, kandi hari...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryanyomoje Munyaneza Didier uzwi nka Mbappé wavuze ko yimwe igare ry’ikipe y’igihugu nyamara atararisabye. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu...
Nyuma y’uko Komite Nyobozi ya Rayon Sports isoje manda y’imyaka ine, amatora y’abayobozi bashya akaba ataraba, inzego zitandukanye zateranye zigena akanama k’agateganyo kazafasha iyi kipe mu...
Mu mukino wari witezwe cyane muri shampiyona ya La Liga, ikipe ya FC Barcelona yatunguye Real Madrid kuri stade ya Santiago Bernabeu, ibatsinda ibitego 4-0 muri...
Ubuyobozi bwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) bwatangaje ko umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports ku itariki ya 19 Ukwakira...
Umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, Nshimiyimana Marc Govin, yatumijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo yisobanure ku birego ashinjwa. Ibaruwa yatumijweho Nshimiyimana...