Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigo gishinzwe ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano

Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga ry’Ubwenge buhangano (AI), kikazafasha mu kwihutisha iterambere ry’ikoranabuhanga, guhanga udushya, no gushyira mu bikorwa ishoramari n’imiyoborere. Ni umwe mu myanzuro wemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. Uyu mwanzuro wemejwe n’Inama y’Abaminisitiri mu gihe hari hashize […]

Continuer la lecture

SKOL yatandukanye burundu na Rayon Sports nyuma y’imyaka 12 bakorana.

Uruganda rw’ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd (SBL) rwatangaje ko rwahagaritse imikoranire yari imaze imyaka 12 hagati yarwo n’Ikipe ya Rayon Sports rwari rubereye umuterankunga mukuru. SKOL yabitangaje binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru yashyize ahagaragara kuri uyu wa 8 Kamena 2026, ivuga ko “amasezerano y’impande zombi yageze ku musozo.” Tariki ya 15 Gicurasi 2014 ni bwo […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Nyarwanda Platini ari mu Bitaro.

Umuhanzi Nemeye Platini P. arwariye mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza bya Kigali CHUK, nyuma yo gufatwa n’uburwayi, akabanza kubusuzugura, yajya kwivuza akarara mu Bitaro. Uyu muhanzi uzwi nka Platini P. arwariye mu Bitaro bya CHUK kuva kuri iki Cyumweru tariki 07 Kamena 2026 nk’uko amakuru yizewe atugeraho abyemeza. Uwaduhaye amakuru avuga ko ko Platini yabanje […]

Continuer la lecture

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 8 Kamena 2026.

Ku wa Mbere, tariki ya 8 Kamena 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul.  1. Inama y’Abaminisitiri yemeje Umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/27.  lyi ngengo y’imari izibanda ku kongera umusaruro w’ubuhinzi, guteza imbere inganda, kwihutisha ihangwa ry’imirimo no kubaka ubukungu […]

Continuer la lecture

U Burundi bwahamagaje Ambasaderi wabwo wo mu Bufaransa wakiriwe na Mushikiwabo.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yahamagaje bwangu Ambasaderi wabo mu Bufaransa, Spès-Caritas Njebarikanuye, nyuma y’amasaha make yakiriwe n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo. Ku wa 2 Kamena 2026, Mushikiwabo yakiriye impapuro za ba Ambasaderi b’ibihugu byinshi kugira ngo babihagararire muri OIF, banaganira ku bufatanye. Abo barimo uwa Slovénie, Montenegro, […]

Continuer la lecture

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi izava mu Misiri nta mukino wa gicuti akinnye

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ izajya gukina imikino yo mu itsinda K ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika nta wundi mukino wa gicuti yakinnye nyuma y’uko iyo yateganyaga gukinira mu Misiri yose itakunze Amavubi ari kubarizwa i Cairo kuva ku wa Gatanu, nyuma y’uko bidakunze ko akorera umwiherero i Marrakech muri Maroc “kubera impamvu z’umutekano”. Nyuma yo […]

Continuer la lecture

Xi Jinping yakiriwe mu cyubahiro gikomeye na Kim Jong Un n’umugore we

Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yageze muri Koreya ya Ruguru mu ruzinduko rw’akazi rwitezweho gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi, aho yakiriwe mu buryo bwihariye n’umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, hamwe n’umugore we Ri Sol Ju. Amashusho yatangajwe na televiziyo ya leta y’Ubushinwa, cctv.com, yagaragaje Kim Jong Un n’umugore we bakoma amashyi ndetse banaseka […]

Continuer la lecture

L'artiste populaire du moment, Kirikou Akili, est décédé en France.

Kirikou Akili, l'un des artistes populaires du moment au Burundi, est décédé en France où il résidait depuis quelques jours. Il aurait été empoisonné. L'artiste a été immédiatement transporté à l'hôpital dès son arrestation et se rétablit actuellement. Le matin du 7 juin 2026, Kirikou a eu un malaise dans la ville de Lille où il résidait depuis quelques jours, [...]

Continuer la lecture

‘Nta mpungenge abanyarwanda bakwiye kugira ku Cyorezo cya Ebola ‘ Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku bijyanye n’icyorezo cya Ebola kimaze iminsi kivugwa mu bihugu by’abaturanyi, kuko hakajijwe ingamba zo kugikumira, gukurikirana no kwita ku wakwandura. r. Nsengiyumva yavuze ko hari icyizere cy’uko Igihugu cyiteguye bihagije mu kurinda ubuzima bw’abaturage kandi hatabayeho guhagarika ibikorwa by’ubukungu n’imibereho […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Yiyahuye nyuma yo kubuza umugore we gutunga telefone akanga kubyemera.

Umugabo w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rutsiro yanyoye umuti wica udukoko arapfa, bikekwa ko yabitewe n’amakimbirane yari amaze iminsi afitanye n’umugore we yabujije gutunga telefone ngo atazacudika n’abandi bagabo, undi akamutsembera ko atabaho adatunze telefone. Ibi byabereye mu Murenge wa Manihira, Akagari ka Muyira ho mu Mudugudu wa Muyira, ku wa 5 Kamena 2026. […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yaguze Matumona wakiniraga Amagaju FC.

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri myugariro w’Umunye-Congo, Abdel Matumona Wakonda Kanda hagamijwe gukomeza kongera imbaraga mu mutima w’ubwugarizi, yitegura umwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi yerekeje muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Amagaju FC yagezemo mu mpeshyi ya 2025, ndetse akaba yari ayibereye kapiteni wungirije.  ‎Mu […]

Continuer la lecture