Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigo gishinzwe ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga ry’Ubwenge buhangano (AI), kikazafasha mu kwihutisha iterambere ry’ikoranabuhanga, guhanga udushya, no gushyira mu bikorwa ishoramari n’imiyoborere. Ni umwe mu myanzuro wemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. Uyu mwanzuro wemejwe n’Inama y’Abaminisitiri mu gihe hari hashize […]
Continuer la lecture
