U Rwanda rukeneye miliyari 114 Frw kugira ngo rugire abaganga bahagije b’inzobere mu kubaga

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko u Rwanda rukeneye asaga miliyari 114 Frw kugira ngo ruzibe icyuho cy’umubare muke w’abaganga b’inzobere mu kubaga, ibikoresho bikenerwa ndetse n’uw’ibyumba byo kubagiramo nabyo bikiri bike cyane. Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kubaga baturutse mu bitaro bya leta n’iby’abigenga baganiriye ku buryo iki kibazo cyavugutirwa umuti kugira ngo […]

Continuer la lecture

Jose Chameleone a demandé à The Ben et Melodie de collaborer sur une chanson.

Le légendaire artiste ougandais et d'Afrique de l'Est, Joseph Mayanja, connu sous le nom de Jose Chameleone, a demandé à deux artistes rwandais de renom, The Ben et Bruce Melodie, de collaborer sur une chanson car leur point commun est la musique. Jose Chameleone leur a dit qu'il aimerait entendre une chanson qu'ils ont faite ensemble et qu'ils devraient laisser de côté ce qui les divise. Il a dit : « Je suis une légende, oui, mais je suis aussi un grand fan de [...]

Continuer la lecture

La RURA a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers.

L'Office Rwandais de Réglementation (RURA) a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers, où le litre d'essence est resté à 2 938 Frw, tandis que le litre de diesel est passé de 2 205 Frw à 2 927 Frw, soit une augmentation de 722 Frw. Les nouveaux prix ont été annoncés par la RURA le 5 juin et entreront en vigueur le 6 juin 2026 à 18h00 [...]

Continuer la lecture

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye ibihembo mu Irushanwa Mpuzamahanga rya Huawei ICT ryabereye mu Bushinwa.

Amakipe atatu y’abanyeshuri b’Abanyarwanda yaserukiye igihugu yitwaye neza, yegukana umwanya wa mbere n’uwa kabiri mu irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi ry’ikoranabuhanga rya Huawei ICT Competition 2025/2026, ryaberaga i Shenzhen mu Bushinwa. Huawei ICT Competition ni irushanwa ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cya Huawei ku rwego rw’Isi. Ryashyiriweho abanyeshuri n’abarimu bo muri za kaminuza n’amashuri makuru. Riba ari […]

Continuer la lecture

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Continuer la lecture

Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]

Continuer la lecture

Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge

Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza. Uyu munyeshuri utangaza benshi ubwo yari mu […]

Continuer la lecture

Ngoma: Babanyeshuri babiri baherutse gukubita animatrice bakatiwe gufungwa

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bigaga mu ishuri rya EAV Gitwe, riherereye mu Karere ka Ngoma, baherutse gutabwa muri yombi bazira gukubita ushinzwe imyitwarire yabo (animatrice), bakatiwe gufungwa umwaka umwe urimo amezi umunani asubitse. Tariki ya 2 Kamena 2026 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Ngoma rwasomye imyanzuro y’urubanza rw’aba bakobwa babiri, aho bashinjwaga gukubita umuyobozi ushinzwe imyitwarire ku […]

Continuer la lecture

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]

Continuer la lecture

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]

Continuer la lecture

America: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ubuza Trump kongera kurasa Iran

Inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite muri America yatoye yemeza umushinga w’itegeko rigamije kwambura Perezida Donald Trump ububasha bwo kugira icyemezo cya gisirikare yongera gufata kigamije gutera Iran. Abatoye bemeza ni amajwi 215 ku majwi 208 yatoye Oya. Mu batoye bemeza uyu mushinga w’itegeko harimo bane bo mu ishyaka ry’Aba-Republican rya Perezida Donald Trump biyunze kuri […]

Continuer la lecture