Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Turahirwa Moses rwanzura ko akomeza afungwa imyaka itatu
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 30 Werurwe 2026, gishimangira icyari cyafashwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo mu 2024 rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko mpimbano. Icyo gihano Turahirwa yarakijuririye asaba ko yagihabwa ariko gisubitse, ariko Urukiko […]
Continuer la lecture
