Portugal ya Cristiano Ronaldo yasezerewe mu Gikombe cy’Isi.

Ikipe y’Igihugu ya Portugal, ikinamo Cristiano Ronaldo, yasezerewe mu Gikombe cy’Isi cya 2026 itarenze muri 1/8, nyuma yo gutsindwa na Espagne igitego 1-0 cyinjijwe na Mikel Merino mu minota y’inyongera. Ni umukino wihariwe na Espagne ku rwego rwa 55% ndetse ni yo yabonye uburyo bukomeye bwashoboraga kuvamo igitego hakiri kare. Mikel Oyarzabal yananiwe gufungura amazamu […]

Continuer la lecture

Bugesera : Umwana w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefone

Umwana w’umukobwa wo mu Karere ka Bugesera, umurenge wa Rweru ufite imyaka 16 yiyahuye kubera kubuzwa gukoresha telefone. Byabaye ku wa 4 Nyakanga 2026, ubwo uyu mwana wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yari amaze igihe kingana n’icyumweru yaragiye kubana na mukuru we. Uyu mwana yari yarimenyereje gukoresha telefone ku buryo mukuru yagize impungenge […]

Continuer la lecture

Meteo Rwanda yateguje ubushyuhe bugera kuri 32°C mu kwezi kwa Nyakanga.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Nyakanga 2026 mu Rwanda hateganyijwe ibihe by’izuba risanzwe ryo mu mpeshyi aho hateganyijwe ubushyuhe bwo hejuru ku manywa buzaba buri hagati ya 20°C na 32°C naho nijoro bukazaba buri hagati ya 9°C na 18°C. Hateganyijwe kandi imvura iri hagati ya milimetero (mm) 0 na 35 hirya no […]

Continuer la lecture

Kenya: Bateguye imyigaragambyo yo kwihimura kuri Leta nyuma yo kwimwa indishyi.

Kenya abakomerekeye mu myigaragambyo yo mu 2024 no mu 2025 batangaje ko bagiye kubura imyigaragambyo nyuma yo kwimwa indishyi bari bemerewe na Leta. Abaturage barenga igihumbi bazindukiye ku biro by’Urwego rwigenga rushinzwe kugenzura imyitwarire ya Polisi IPOA i Nairobi muri Kenya bavuga ko bagiye gusubira mu myigaragambyo kubera ko indishyi bemerewe na Leta y’icyo gihugu […]

Continuer la lecture

Mu Rwanda Impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu zagabanutseho 81.6%

Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko umubare w’impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu ugenda ugabanuka aho mu myaka 25 ishize zagabanutse ku rugero rungana na 81.6% Ibi byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima bwashyizwe muri raporo yagiye hanze ku wa 30 Kamena 2026. Raporo ya […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yatangaje undi rutahizamu yaguze.

‎Rayon Sports yasinyishije amasezerano y’imyaka ibiri rutahizamu ukomoka muri Repubulika ya Centrafrique witwa Boris Gbenou wari usanzwe nta kipe afite akinira. Uyu mukinnyi w’imyaka 22 ukina anyura ku mpande yahawe aya masezerano kugira ngo yongere imbaraga mu busatirizi bw’iyi kipe yitegura umwaka utaha w’imikino. Boris Gbenou yari asanzwe akinira Ikipe y’Igihugu ya Centrafrique y’abatarengeje imyaka […]

Continuer la lecture

Ntabwo tubarasaho: Trump ku Banya-Iran bari mu kiriyo cya Khamenei

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko  batari burase muri Iran mu gihe bari mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga, Ayattolah Ali Khamenei kuko bagikeneye uwo baganira na we. Mu minsi ishize Iran yagaragaje impungenge ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashobora kurogoya ibikorwa […]

Continuer la lecture

Mojtaba yatinye abamugirira nabi ntiyitabira ishyingurwa rya se

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei ntabwo izitabira umuhango wa gushyingura se waguye mu bitero bya Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Gashyantare 2026, kubera impamvu z’umutekano we. Kuva ku wa Gatanu tariki 03 Nyakanga, kugeza tariki 09 Nyakanga 2026 Abanya-Iran n’inshuti zabo bari mu kiriyo cyo gusezera bwa nyuma kuri, […]

Continuer la lecture

Gitega: Yatashye yambaye ikariso gusa, nyuma yo kunanirwa kwishyura indaya basambanye.

Umugabo utuye mu murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, yagiye gusambana n’indaya abura amafaranga yo kuyishyura bituma igumana ipantaro ye n’ishati, ataha yambaye ikariso gusa Ibi byabereye mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2026. Abatangabuhamya bavuze, ko uyu mugabo yari yumvikanye n’indaya […]

Continuer la lecture

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano.

Ubuyobozi i Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize hanze ibirango n’amabendera bishya by’inzego zigize RDF, butangaza ko mu byahindutse harimo ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano n’ibibimenyetso by’ubuhanga bwihariye Izi mpinduka n’ibirango bishya byashyizwe hanze n’Ubuyobozi Bukuru bwa RDF saa sita z’ijoro kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Nyakanga 2026 hizihizwa Umunsi Mukuru wo Kwibohora. RDF yavuze […]

Continuer la lecture

Perezida Museveni yatakiwe na Anita Among kugira ngo afungure konti ze zafatiriwe.

Uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among, yatangaje ko konti ze za banki zafatiriwe n’inzego z’ubutabera, ibintu avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye mu mibereho ye ndetse no mu bikorwa bye by’ubucuruzi n’iby’ubugiraneza. Ibi Among yabivuze ku wa 02 Nyakanga 2026, mu nama yagiranye n’abayobozi gakondo bo mu karere ka Teso ndetse […]

Continuer la lecture