Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop...
Imirimo yo kubaka inyubako nshya y’ibiro by’akarere ka Karongi yagombaga gutangira muri Gicurasi 2022, kugeza kuri uyu munsi yabaye ihagaritswe igihe kitazwi, nk’uko ubuyobozi bubitangaza. ...
Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri...
Ni umuhanda w’ibilometero 41 ugiye kubakwa mu karere ka Rutsiro, ku ikubitiro uzanyura mu mirenge ya Mushubati-Gihango-Musasa-Boneza-Mushonyi ugahura n’umurenge wa Kigeyo ahazwi nko muri Nkora, ukazanyura...
Bamwe mubaturiye umupaka ubahuza na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, bavuga ko ari nk”Uruzi barohamamo isaha n’isaha, mu gihe baba bagize uburangare...
Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu...
Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama. ...
Abaturage bo mu karere ka Rubavu baratabaza inzego zishinzwe umutekano kuwukaza kuko bugarijwe n’abagizi ba nabi (biyita abuzukuru ba satani), aho ibikorwa bibi byabo bavuga ko...
Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko...
Abaturage babiri bo mu karere ka Rutsiro batwawe n’umugezi wa Koko ubwo bageragezaga kuwusimbuka umwe ahasiga ubuzima, undi abasha koga avamo ari muzima. Ibi bibaye...