Niyo Bosco mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya ‘Eminado’ ikaba iya mbere yashyize hanze kuva yakwinjira muri KIKAC Music, none Imwe mu nkuru y’imyidagaduro igezweho...
Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho....
Nyuma y’uko bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi mu karere ka Karongi, bamwe bashyizwe mu myanya abandi bikarangira bategereje amaso agaheba, bajya kubona bakabona akarere kongeye kubaha...
Umwe mubo abaturage bavuga ko asanzwe mu itsinda ry’abajongo (ibihazi byiba amabuye y’agaciro) Hakizimana Jean Claude yaguye mu Gisimu cya Kampani ya CEMINYAKI azize kubura Gazi,...
Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC. Byemejwe na Lt...
Kuva muri 2022 mu karere ka Rubavu harasiwe Umusirikari wa FARDC wari wagerageje kwinjirana na bagenzi be ku butaka bw’u Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. ...
Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba...
Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze...
Umuryango wo mu karere ka Rubavu wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC, ubwo zazituraga Inka 5 mu gikumba ku ruhande rw’u Rwanda, uvuga ko ubayeho mu bwoba...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa...