Abakobwa babiri b’abavandimwe bo mu Mudugudu wa Mugogo mu Kagari ka Gasongero mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze, baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko abahungu babiri...
Umugabo witwa Habakubaho Emmanuel w’imyaka 34, yagiye kuvurirwa mu Bitaro bya Kibungo biri mu Karere ka Ngoma, nyuma yo kunywa umuti wica udukoko (Tiyoda) amaze kwica...
Hamaze kubarurwa insengero zirenga 4223 hirya no hino mu gihugu zimaze gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rutangije igenzura rigamije kureba uko...
Umugabo w’imyaka 36 wo mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, yafashwe akekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, anyuze mu mwobo yari yaracukuye mu nzu...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko Itorero ry’Umuriro wa Pentekote ryavuye kuri ADEPR ryahagaritswe mu Rwanda nyuma yo gushinjwa ibirimo gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane...
Byukusenge Nyiramana Aline, umugore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Karere ka Nyanza, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugabo we, Ndagijimana...
Mu mudugudu wa Kabona, akagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza, umugore witwa Mukandamage Alphonsine yatawe muri yombi nyuma yo gutwika inzu y’umugabo...
Umusore w’imyaka 17 witwa Axel Muganwa Rudakubana akurikiranweho icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu bo mu ishuri rya Taylor Swift riherereye ahitwa Southport mu Bwongereza Muganwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashimiye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byemeye gukomeza ibiganiro bigamije gucoca amakimbirane bifitanye kuva mu ntangiriro z’umwaka...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero zimwe na zimwe hirya no hino mu gihugu zafunzwe kubera kudakurikiza amategeko n’amabwiriza agenga imiryango ishingiye ku myemerere. Iri...