Nsengiyumva Francois, Umuyobozi w’itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri yombi ku wa 4 Kanama 2024 azira gusengera hamwe n’abakirisitu ahantu hatemewe nyuma y’uko...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata mu Karere ka Bugesera bwatangaje ko abantu babiri banduye indwara y’ubushita bw’inkende (monkeypox), mu bantu 13 bakekwagaho kwandura iyi ndwara. Abo barwayi...
Umusore witwa Sinzumunsi Phenias wo mu Mudugudu wa Kimigenge, Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yitabye Imana mu gitondo...
Nyuma yo kwegura kwa Sheikh Hasina Wazed w’imyaka 76 wari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh, agahungira mu Buhinde, abaturage biraye mu rugo rwe bazambya ibintu byose, ndetse...
Abapolisi hafi 100 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bahungiye muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize kubera imirwano ikaze yahanganishije umutwe wa M23 n’Ingabo z’iki...
Uruganda Spiro Rwanda rukora moto zikoresha umuriro w’amashanyarazi rukomeje kwishimira umusanzu ruri gutanga mu kugabanya imyuka yangiza ikirere, by’umwihariko mu Rwanda. Mu cyumweru gishize, uru ruganda...
Sheikh Hasina Wazed, Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh, yeguye ndetse ahunga igihugu nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yaguyemo abagera kuri 300. Hasina, wari ufite imyaka 76, yeguye kuri uyu...
Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka za RDF, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa MINUSCA muri Repubulika ya Centrafrica (CAR)...
Mu Rwanda, gusezeranya abantu bafashe ku ibendera ry’igihugu byakuwe mu mategeko. Ubusanzwe, abagabo n’abagore bashyingiranywe barahiraga bazamuye ukuboko kw’iburyo, ukw’ibumoso gufashe ku ibendera ry’igihugu. Ibi byari...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya gusura u Rwanda mu minsi mike iri imbere aho azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Paul...