Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 24 Mata 2024, habaye imirwano ikaze yo gusubiranamo kwa Wazalendo, mu bice byo muri Teritware ya Fizi, mu...
Mu mukwabu ukomeye wakozwe n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, itsinda ry’amabandi yamburaga abaturage mu Mujyi wa Muhanga yitwaje imihoro ryatawe muri yombi. Iri tsinda...
Mu Kagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara Akarere ka Nyarugenge, hagaragaye umugabo wapfuye amanitse giti ndetse yambaye ubusa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu...
Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana, mu kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Nyagatovu hari umusore wasanzwe aryamanye n’igiti yapfuye.
U Bushinwa bwimuye abantu barenga 100.000 kubera ko imvura idasanzwe ikomeje kwibasira Intara y’amajyepfo ya Guangdong. Kuri uyu wa kabiri,Tariki ya 23 Mata 2024, abayobozi batanze...
Uwakuwemo mbere yaje kugwa kwa muganga akaba yaritwaga Bucyanayandi Evariste w’Imyaka 27 y’amavuko. Bamukuye mu kirombe yanegekaye ajyanwa mu bitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali(CHUK) agezeyo...
Kuri uyu waMbere tariki ya 22 Mata 2024,hamenyekanye amakuru avuga ko hari abacungagereza n’abayobozi babo batangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera ko bafungiwe ubusa mu gihe...
Nshimiyimana James umwarimu wo mu Ishuri rya GS Kabuga Catholic riherereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,yandikiye umuyobozi w’ikigo amugira inama, amusaba guhagarika imyitwarire...
Guershom Kahebe watsinzwe amatora y’abadepite muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yiyunze ku mutwe wa M23/AFC nyuma yo kumenya gahunda yawo. Lt Col Willy...
Ukora isuku muri kaminuza yo mu mujyi wa Accra yitwa University of Professional Studies (UPSA), yasimbutse mu igorofa rya 7 arapfa,ahunga nyuma yo gufatwa ashaka gusambanya...