Mu karere ka Mwasa, ho mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, Urukiko rwahaye igihano cy’imyaka 20 y’igifungo umusore witwa Musa Shija, ndetse na mushiki we, Hollo...
Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi...
Ku wa Kane, tariki ya 15 Kanama 2024, umwana w’imyaka ibiri yitabye Imana nyuma yo kugwa muri yorodani (aho babatiriza) y’Itorero ADEPR Rukomo, mu Karere ka...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen. Ronald Rwivanga, yatangaje ko kugeza ubu mu Rwanda nta buryo buhari aho buri muntu urangije amashuri yisumbuye anyura mu myitozo...
Abaturage bo mu Kagari ka Nyagahinika, mu Murenge wa Kigeyo, Akarere ka Rutsiro, baratabaza basaba ko Umukozi ushinzwe Iterambere n’Imibereho Myiza y’Abaturage (SEDO) yimurwa kubera ruswa...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akomeje gushyira igitutu kuri se, Perezida Yoweri Kaguta Museveni, amushinja gukorana n’umuntu yita “igisambo rukomeye” muri Uganda. Mu...
Umunyamakurukazi Floriane Irangabiye, wari umaze imyaka ibiri afunzwe, yararekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Izi mbabazi yaziherewe ku wa 14 Kanama,...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri 21 n’Abanyamabanga ba Leta icyenda. Umubare munini w’abari basanzwe muri Guverinoma iheruka, bongeye kugaragara mu nshya, usibye...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yasobanuye igikorwa cyo kwinjiza mu ngabo z’u Rwanda, Inkeragutarabara zakwinjizwa mu gihe bibaye ngombwa. Yabigarutseho mu kiganiro n’Abanyamakuru...
Urwego rw’Iperereza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) rumaze amezi ane rufunze abantu 11 bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umurinzi wa Perezida Felix Tshisekedi. Uwo...