Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa bya gisirikare byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umutwe wa M23 watangaje ko ushobora gusubira mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kwirwanaho nyuma y’ibitero bikomeje...
Uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Bernard Mukuralinda, witabye Imana mu ntangiriro za Mata 2025, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abayobozi mu...
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru dukesha ikinyamakuru...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umukozi wa RIB Gatesi Francine basabye Urukiko ko bakurikiranwa badafunzwe kuko icyaha baregwa batagikoze. Babivuze mu iburanisha ry’Ubujurire ryabereye...
Ku wa 9 Mata 2025, umugabo witwa Habinshuti Protogène w’imyaka 42 wakoraga akazi ko kurinda umurima w’ibisheke yasanzwe mu kabande mu Mudugudu wa Gasiza, Kagali ka...
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice by’iki gihugu,...
Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba yari ari muri Afurika y’Epfo kuva mu Ukuboza 2023, yatangaje ko agiye gusubira mu gihugu...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro ,byatangaje ko Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Mata 2025, yakiriye Massad Boulos, Umujyanama wihariye wa Perezida wa...