Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yatoye icyemezo cyo gutakariza icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier nyuma y’amezi atatu gusa agiye kuri uwo mwanya. Iki...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abagabo batatu bari mu mugambi wo kwiyandikishaho ubutaka barangiza bakabugurisha ku buryo bw’uburiganya. Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira yavuze ko...
Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko abakatirwa igihano cy’urupfu baratangira kujya bicwa mu gihe cya vuba. Ubu butumwa yabutanze kuri...
Urwego rw’lgihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 04 Ukuboza 2024, hazatangira igerageza ku buryo ibiciro...
Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu ruhame, urubanza ruregwamo Sergeant Minani Gervais, ukekwaho kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke. Kuri uyu wa Kabiri tariki 3...
Umukobwa wo mu Karere ka Nyanza birakekwa ko yahaye umusore ukora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto amafaranga angana n’ibihumbi 400 Frw none bikaba byamunaniye...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Robert Hunter Biden, wari warahamijwe ibyaha bifitanye isano n’imbunda yaguze mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatiwe mu Karere ka Rubavu, afite ibilo 57 by’urumogi yari atwaye mu modoka aruvanye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Yafatiwe...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Uganda (UPDF) zashyize umukono ku myanzuro y’ibiganiro zari zimazemo iminsi itatu, ijyanye no kongera imbaraga mu gukumira ibishobora guhungabanya umutekano wo...
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko virusi itera SIDA igihari abantu badakwiye kwirara, kuko abantu 9 bashya bandura iyo virusi ku munsi, bakaba biganjemo urubyiruko. Ibi byatangajwe kuri...