Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwavuze ko rwahagaritse ubufatanye igihugu cy’u Rwanda cyari gifitanye na EasyGroup EXP itegura igikombe cy’isi cy’aba-Veterans bityo irushanwa ryari riteganyijwe muri Nzeri...
Dr. Frank Habineza yiyamamarije mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kagari ka Gihara yakirwa neza ndetse abaturage bitabira ku bwinshi. Kuri iki cyumweru...
Dr. Frank Habineza wa Green Party (DGPR) yatangiye kwiyamamariza mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jabana mu kagari ka Bweramvura. Kuri uyu wa 22 Kamena...
Ibitaro by’i Nairobi muri Kenya byemeje ko byazaniwe umwe mu bantu bavuye mu myigaragambyo yo ku wa kane yarashwe akahagera yamaze gushiramo umwuka, nk’uko ibinyamakuru muri...
Perezida Paul Kagame witegura gutangira kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu nk’umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yatangaje ko kuba abaturage bashima ibyo yagezeho mu gihe amaze ayobora u Rwanda...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2024 saa munani z’amanywa (2:00 PM), Ikigo cy’Iguhugu cy’Itangazamakuru RBA, cyararitse abanyarwanda muri rusange ikiganiro cyihariye bagirana na...
Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwakatiye gufungwa by’agateganyo Emmanuel Ntarindwa w’imyaka 51 Ukekwaho icyaha cya jenoside. Emmanuel Ntarindwa urukiko rwiherereye rusanga uyu mugabo...
Umunyabigwi Lionel Messi yanyomoje Kylian Mbappe bahoze bakinana,uheruka kuvuga ko igikombe cy’Uburayi,Euro gikomeye kurusha Igikombe cy’isi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Argentine yemeje ko iri rushanwa ry’iburayi...
Umutoza Erik Ten Hag arashaka kwihagararaho mbere y’uko asinya amasezerano mashya muri Man United yashatse kumwirukana hanyuma ikisubiraho. Manchester United yahisemo gukomezanya n’uyu muholandi,nyuma y’uko inaniwe...
Inama y’ubuyobozi ya Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana Umutoza Erik ten Hag ndetse hagiye gukurikiraho ibiganiro byo kumwongerera amasezerano dore ko asigaje umwaka umwe gusa....