Rubavu: Kuva 2022, abaye Umusirikari wa 4 muri FARDC urasiwe mu Rwanda

Kuva muri 2022 mu karere ka Rubavu harasiwe Umusirikari wa FARDC wari wagerageje kwinjirana na bagenzi be ku butaka bw’u Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.   Abaturage bavuga ko ubwo abasirikari 3 ba FARDC bavogeraga Ubutaka bw’u Rwanda bafashwe n’irondo ryunganira Igisirikari cy’u Rwanda mu kwicungira umutekano, umwe muri bo akagerageza kurasa ku nzego zishinzwe […]

Continuer la lecture

Kibonke yatangaje icyatumye arembera kwa Muganga akabihisha.

Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya  hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba ngombwa ko aguma kwa  Muganga kugeza abazwe.   Izina Kibonge cyangwa Clapton riramenyerewe cyane  mumatwi y’Abakunzi b’imyidagaduro hano mu Rwanda  ndetse n’ahandi, Kibonke warumaze iminsi ari mubitaro byitiriwe Umwami […]

Continuer la lecture

P.Diddy ntazagaragara mu itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards.

Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze afasha mumuziki witwa Cassie.     Sean Combs uzwi nka P.Diddy  umuraperi ukomeye cyane akaba n’umuherwe kuko agaragara k’urutonde rw’aba raperi bambere batunze agatubutse, umwaka dusoje wa 2023 ntiwagendekeye […]

Continuer la lecture

Rubavu: Umuryango wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC ubayeho mu bwoba

Umuryango wo mu karere ka Rubavu wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC, ubwo zazituraga Inka 5 mu gikumba ku ruhande rw’u Rwanda, uvuga ko ubayeho mu bwoba bwinshi.   Mu kiganiro bahaye Rwandanews24 bavuze ko byabaye ku manywa y’ihangu kuri uyu wa gatandatu, tariki 13 Mutarama 2024, mu murenge wa Busasamana, akagari ka Rusura, ho mu […]

Continuer la lecture

Nyuma y’uko Bushali avuze ko atazi Minisitiri w’Urubyiruko yamusuye mu biro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa Minisitiri Dr Utumatwishima na Bushali kwabayeho nyuma y’amagambo yaherukaga gutangazwa n’uyu muraperi amugarukaho. Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Yago Pon Dat cyabereye muri Camp Kigali ku wa 22 Ukuboza […]

Continuer la lecture

Ukurikiranyweho urupfu rwa Tupac yabaye arekuwe

Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop ndetse nanubu akaba agifatwa nabamwe nk’Umwami wiyo njyana ku Isi ariwe Tupac yafunguwe by’agateganyo     Ariko asohoka atanze ingwate igera  kubihumbi 750$ nukuvuga arenga miliyoni 850Frw ndetse ayo […]

Continuer la lecture

Menya icyadindije iyimurwa ry’ibiro by’Akarere ka Karongi

Imirimo yo kubaka inyubako nshya y’ibiro by’akarere ka Karongi yagombaga gutangira muri Gicurasi 2022, kugeza kuri uyu munsi yabaye ihagaritswe igihe kitazwi, nk’uko ubuyobozi bubitangaza.   Mu kiganiro Umuyobozi w’akarere ka Karongi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu aherutse guha Rwandanews24 yavuze ko iyi mirimo yakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.   Ati “Umushinga wo kubaka ibiro […]

Continuer la lecture

Intambara y’Amagambo Hagati ya Davido na Tiwa Savage Izarangira ryari?

Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri 2016, bakaza kuba abanzi ruharwa nyuma y’uko uyu mugore atangiye kujya yandagaza Davido bakaba badacana uwaka kugeza n’ubu.   Davido akimara kubona iyo foto Tiwa Savage ari kumwe nawe […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Umuhanda w’ibilometero 41 uhuza Mushubati-Boneza na Kigeyo ugiye gutangira gutunganywa

Ni umuhanda w’ibilometero 41 ugiye kubakwa mu karere ka Rutsiro, ku ikubitiro uzanyura mu mirenge ya Mushubati-Gihango-Musasa-Boneza-Mushonyi ugahura n’umurenge wa Kigeyo ahazwi nko muri Nkora, ukazanyura ku mukandara w’ikiyaga cya Kivu, aho byitezwe ko uzashyirwamo kaburimbo yoroheje, ugafasha abaturage mu koroshya ubucuruzi n’ubuhahirane.   Uyu muhanda biteganyijwe ko imirimo yo kuwutunganya iratangirana n’uyu wa kane, […]

Continuer la lecture

Rubavu: Abaturiye Umupaka wa DRC bawufata “nk’Uruzi barohamamo isaha n’isaha”

Bamwe mubaturiye umupaka ubahuza na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, bavuga ko ari nk”Uruzi barohamamo isaha n’isaha, mu gihe baba bagize uburangare mu kwicungira umutekano, kubera ko umwanzi bafite mu mashyamba ya Kongo agihari.   Bamwe mubaganiriye na Rwandanews24 kuri uyu wa gatanu, tariki 05 Mutarama 2024 bavuga ko baryamiye amajanja, […]

Continuer la lecture

Umunye_DR Congo Martin Bakole yakoze amateka Yo kuba umunyafurika wabaye uwa mbere ku isi mu iteramakofe. Ni muntu ki?

Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu mwanya.   Martin Bakole Ilunga w’imyaka 30 wavukiye mu mujyi wa Kananga mu ntara ya Kasai-Central ubu afite umuhigo w’imikino 20 amaze gutsinda agatsindwa umwe gusa yatsinzwemo na Michael […]

Continuer la lecture