Nyuma y’uko Bushali avuze ko atazi Minisitiri w’Urubyiruko yamusuye mu biro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa Minisitiri Dr Utumatwishima na Bushali kwabayeho nyuma y’amagambo yaherukaga gutangazwa n’uyu muraperi amugarukaho. Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Yago Pon Dat cyabereye muri Camp Kigali ku wa 22 Ukuboza […]

Continuer la lecture

Ukurikiranyweho urupfu rwa Tupac yabaye arekuwe

Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop ndetse nanubu akaba agifatwa nabamwe nk’Umwami wiyo njyana ku Isi ariwe Tupac yafunguwe by’agateganyo     Ariko asohoka atanze ingwate igera  kubihumbi 750$ nukuvuga arenga miliyoni 850Frw ndetse ayo […]

Continuer la lecture

Menya icyadindije iyimurwa ry’ibiro by’Akarere ka Karongi

Imirimo yo kubaka inyubako nshya y’ibiro by’akarere ka Karongi yagombaga gutangira muri Gicurasi 2022, kugeza kuri uyu munsi yabaye ihagaritswe igihe kitazwi, nk’uko ubuyobozi bubitangaza.   Mu kiganiro Umuyobozi w’akarere ka Karongi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu aherutse guha Rwandanews24 yavuze ko iyi mirimo yakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.   Ati “Umushinga wo kubaka ibiro […]

Continuer la lecture

Intambara y’Amagambo Hagati ya Davido na Tiwa Savage Izarangira ryari?

Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri 2016, bakaza kuba abanzi ruharwa nyuma y’uko uyu mugore atangiye kujya yandagaza Davido bakaba badacana uwaka kugeza n’ubu.   Davido akimara kubona iyo foto Tiwa Savage ari kumwe nawe […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Umuhanda w’ibilometero 41 uhuza Mushubati-Boneza na Kigeyo ugiye gutangira gutunganywa

Ni umuhanda w’ibilometero 41 ugiye kubakwa mu karere ka Rutsiro, ku ikubitiro uzanyura mu mirenge ya Mushubati-Gihango-Musasa-Boneza-Mushonyi ugahura n’umurenge wa Kigeyo ahazwi nko muri Nkora, ukazanyura ku mukandara w’ikiyaga cya Kivu, aho byitezwe ko uzashyirwamo kaburimbo yoroheje, ugafasha abaturage mu koroshya ubucuruzi n’ubuhahirane.   Uyu muhanda biteganyijwe ko imirimo yo kuwutunganya iratangirana n’uyu wa kane, […]

Continuer la lecture

Rubavu: Abaturiye Umupaka wa DRC bawufata “nk’Uruzi barohamamo isaha n’isaha”

Bamwe mubaturiye umupaka ubahuza na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, bavuga ko ari nk”Uruzi barohamamo isaha n’isaha, mu gihe baba bagize uburangare mu kwicungira umutekano, kubera ko umwanzi bafite mu mashyamba ya Kongo agihari.   Bamwe mubaganiriye na Rwandanews24 kuri uyu wa gatanu, tariki 05 Mutarama 2024 bavuga ko baryamiye amajanja, […]

Continuer la lecture

Umunye_DR Congo Martin Bakole yakoze amateka Yo kuba umunyafurika wabaye uwa mbere ku isi mu iteramakofe. Ni muntu ki?

Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu mwanya.   Martin Bakole Ilunga w’imyaka 30 wavukiye mu mujyi wa Kananga mu ntara ya Kasai-Central ubu afite umuhigo w’imikino 20 amaze gutsinda agatsindwa umwe gusa yatsinzwemo na Michael […]

Continuer la lecture

RIB yasabwe kutongera kwerekana mu ruhame abatarahamwa n’ibyaha

Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama.   Ibi byagarutsweho n’Urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’Umunyamategeko, Me Murangwa Edward, yari yarezemo Leta agaragaza ko hari ingingo z’amategeko agenga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha zinyuranyije n’Itegeko Nshinga.   Urukiko rw’Ikirenga rwemeje […]

Continuer la lecture

Rubavu: Baratabaza ko bugarijwe n’abagizi ba nabi babambura ku manywa

Abaturage bo mu karere ka Rubavu baratabaza inzego zishinzwe umutekano kuwukaza kuko bugarijwe n’abagizi ba nabi (biyita abuzukuru ba satani), aho ibikorwa bibi byabo bavuga ko bimaze kuba byinshi, ibyo batavugaho rumwe na Polisi y’u Rwanda.   Aba baturage bavuga ko baturiye ishuri rya GASS, mu murenge wa Gisenyi, akagari ka Kivumu ho mu mudugudu […]

Continuer la lecture

Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda

Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse.   Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Babiri batwawe n’Umugezi wa Koko umwe ahasiga ubuzima

Abaturage babiri bo mu karere ka Rutsiro batwawe n’umugezi wa Koko ubwo bageragezaga kuwusimbuka umwe ahasiga ubuzima, undi abasha koga avamo ari muzima.   Ibi bibaye nyuma y’uko ikiraro cyo kuri uyu mugezi kimaze imyaka 5 cyaragiye kubera ibiza, abaturage ntibashyirirweho icyo kwifashisha.   Twagirayezu Pelagie, n’umwe mubatwawe n’uyu mugezi ku mugoroba wo kuri uyu […]

Continuer la lecture