RIB yasabwe kutongera kwerekana mu ruhame abatarahamwa n’ibyaha

Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama.   Ibi byagarutsweho n’Urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’Umunyamategeko, Me Murangwa Edward, yari yarezemo Leta agaragaza ko hari ingingo z’amategeko agenga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha zinyuranyije n’Itegeko Nshinga.   Urukiko rw’Ikirenga rwemeje […]

Continuer la lecture

Rubavu: Baratabaza ko bugarijwe n’abagizi ba nabi babambura ku manywa

Abaturage bo mu karere ka Rubavu baratabaza inzego zishinzwe umutekano kuwukaza kuko bugarijwe n’abagizi ba nabi (biyita abuzukuru ba satani), aho ibikorwa bibi byabo bavuga ko bimaze kuba byinshi, ibyo batavugaho rumwe na Polisi y’u Rwanda.   Aba baturage bavuga ko baturiye ishuri rya GASS, mu murenge wa Gisenyi, akagari ka Kivumu ho mu mudugudu […]

Continuer la lecture

Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda

Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse.   Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Babiri batwawe n’Umugezi wa Koko umwe ahasiga ubuzima

Abaturage babiri bo mu karere ka Rutsiro batwawe n’umugezi wa Koko ubwo bageragezaga kuwusimbuka umwe ahasiga ubuzima, undi abasha koga avamo ari muzima.   Ibi bibaye nyuma y’uko ikiraro cyo kuri uyu mugezi kimaze imyaka 5 cyaragiye kubera ibiza, abaturage ntibashyirirweho icyo kwifashisha.   Twagirayezu Pelagie, n’umwe mubatwawe n’uyu mugezi ku mugoroba wo kuri uyu […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Uwahoze ari Gitifu afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga ya Mutuelle z’abaturage

Uwahoze ari Gitifu w’Akagari ka Ruronde mu murenge wa Rusebeya afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga arenga ibihumbi 200 Frw ya Mutuelle de Sante yahawe n’abaturage ntayageze muri konti.   Uwiringiyimana Jean de Dieu, amafaranga akekwaho kurigisa,  yayahawe n’abaturage akiri mu nshingano zo kuyobora akagari, nyuma aza guhindura imirimo ajya kuba Mwarimu ku ishuri ribanza.   Nyuma […]

Continuer la lecture

Abakorera mu Isoko rishaje rya Gisenyi barataka ibihombo bikabije

Bamwe mu bakorera mu isoko rishaje rya Gisenyi barataha ibihombo bikabije baterwa n’imvura, kubera ko isakaro ryaryo rishaje.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko iri soko ari irya kera bakeneye kwimurirwa mu isoko rishya rimaze imyaka 12 ryubakwa.   Rwagasana Silas, Avuga ko amaze imyaka irenga 40 akorera mu isoko rya Gisenyi, ni […]

Continuer la lecture

Uko Tujyanemo yabaye imbarutso yo kwesa Imihigo i Rusizi

Bamwe mu batuye akarere ka Rusizi basanga gahunda ya Tujyanemo igamije kwishakamo ibisubizo bafatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere yarabafashije kwesa Imihigo, bava ku mwanya wa nyuma bisanga mu myanya 6 ya mbere mu Gihugu.   Kuwa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023 nibwo hasozwaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, ari nabwo uko Uturere twarushanijwe mu kwesa Imihigo 2021 – 2022 […]

Continuer la lecture

Hamenyekanye ibyamamare bizitabira ubukwe bwa The Ben na Pamella

Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023, bikaba byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare. Byakunze kuvugwa ko hari abahanzi benshi b’amazina akomeye bazabwitabira ariko kugeza uyu munsi amakuru y’ibanze ahari akomoza ku mazina ya bamwe mu bamaze gupakira ibikapu bitegura urugendo rugana i Kigali. Mu […]

Continuer la lecture

Ingamba dufata ni uguha agaciro ubuzima, Dukumire icuruzwa ry’abantu – Nzabonimpa Deogratias

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzabonimpa Deogratias avuga ko bitewe n’aho akarere ka Rubavu gaherereye, icuruzwa ry’abantu rishobora kuba kimwe mu bigize ibyaha byambukiranya umupaka. Akaba asanga ingamba zifatwa mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu ari uguha agaciro ubuzima.   Ibi yabigarutseho  mu bukangurambaga bwo kurwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu mu murenge wa Gisenyi uhana […]

Continuer la lecture

Victoire Ingabire yanyomoje abavuga ko urugo rwe rwagoswe n’Abapolisi

Hashize iminsi ku mbugankoranyambaga hari abatabariza Ingabire Victoire bavuga ko urugo rwe rwagoswe n’abapolisi kubera ibitekerezo bye bitavuga rumwe na leta. Gusa mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, yavuze ko kugeza ubu atekanye kandi ko ntabapolisi bagose urugo rwe. Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika, yatangiye abaza madame Ingabire Victoire niba amakuru ari kuvugwa ko urugo rwe […]

Continuer la lecture

Murekatete wigeze kuyobora Rutsiro yeruye ko Dosiye ya Rwamucyo yari ibarenze

Murekatete Triphose wahoze ayobora akarere ka Rutsiro, utaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru kuva Inama njyanama y’akarere yaboraga yaseswa na Perezida wa Repubulika, yavuze byinshi mu nzira y’umusaraba yanyuzemo ariko yageze kuri Dosiye ya Rwamucyo n’imicanga arababwa avuga ko yari irenze ubushobozi bw’akarere.   Murekatete Triphose aherutse kugaragara mu itangazamakuru ameze nkugambiriye kuvuguruza amwe mu makuru yamuvuzweho, […]

Continuer la lecture