Davido yongeye guca agahigo.

Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa  02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira.       Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamenyekanye nka Davido mu muziki wa Nigeria nahandi ku isi, hari kuya 31 werurwe 2023 ubwo uyu muhanzi yasohoraga album ye yise ‘Timeless’ […]

Continuer la lecture

Kikac yategetse Niyo Bosco gusiba amashusho ye n’umukunzi we.

Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa  bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari yabitangarijeho.       Hari k’umunsi wejo tariki ya 16 mutarama 2023 ubwo umuhanzi Niyo Bosco yashyiraga hanze amashusho ari kumwe n’inkumi yihebeye yitwa Keza Nabrizza bagaragara baryohewe n’ubuzima […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Niyo Bosco yategetswe gusiba amashusho y’umukobwa yihebeye

Niyo Bosco mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya ‘Eminado’ ikaba iya mbere yashyize hanze kuva yakwinjira muri KIKAC Music, none Imwe mu nkuru y’imyidagaduro igezweho muri iyi minsi ni iy’uyu muhazi Niyo Bosco waciye amarenga ko yaba asigaye afite inkumi yitwa Keza Nabrizza yihebeye mu buryo bw’urukundo. Ni amakuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu […]

Continuer la lecture

Abantu batanu batuma abakene biyongera ku Isi

Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho. Raporo y’uyu muryango yasohotse ku wa 15 Mutarama 2024, igaragaza ko utewe impungenge n’uko ubukene bwiyongera, usobanura ko bukomeje kuri uyu muvuduko, n’iyo byatwara imyaka 229 kuburandura bitashoboka. Umuyobozi […]

Continuer la lecture

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bukomeje gushinjwa guhuzagurika bwiseguye ku baturage

Nyuma y’uko bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi mu karere ka Karongi, bamwe bashyizwe mu myanya abandi bikarangira bategereje amaso agaheba, bajya kubona bakabona akarere kongeye kubaha ubutumwa ko icyo kizamini kizongera gukorwa bakavuga ko byabatunguye, Akarere kabyutse kabiseguraho.   Ubutumwa akarere ka Karongi kashyize ku rubuga rwa X, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]

Continuer la lecture

Rubavu: Umujongo yaguye mu gisimu, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo

Umwe mubo abaturage bavuga ko asanzwe mu itsinda ry’abajongo (ibihazi byiba amabuye y’agaciro) Hakizimana Jean Claude yaguye mu Gisimu cya Kampani ya CEMINYAKI azize kubura Gazi, bagenzi be bakora igisa n’imyigaragambyo.   Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba, tariki 16 Mutarama 2024, mu murenge wa Nyamyumba […]

Continuer la lecture

Igisirikare cya SADC na FARDC cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC.   Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC.   Yavuze […]

Continuer la lecture

Rubavu: Kuva 2022, abaye Umusirikari wa 4 muri FARDC urasiwe mu Rwanda

Kuva muri 2022 mu karere ka Rubavu harasiwe Umusirikari wa FARDC wari wagerageje kwinjirana na bagenzi be ku butaka bw’u Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.   Abaturage bavuga ko ubwo abasirikari 3 ba FARDC bavogeraga Ubutaka bw’u Rwanda bafashwe n’irondo ryunganira Igisirikari cy’u Rwanda mu kwicungira umutekano, umwe muri bo akagerageza kurasa ku nzego zishinzwe […]

Continuer la lecture

Kibonke yatangaje icyatumye arembera kwa Muganga akabihisha.

Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya  hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba ngombwa ko aguma kwa  Muganga kugeza abazwe.   Izina Kibonge cyangwa Clapton riramenyerewe cyane  mumatwi y’Abakunzi b’imyidagaduro hano mu Rwanda  ndetse n’ahandi, Kibonke warumaze iminsi ari mubitaro byitiriwe Umwami […]

Continuer la lecture

P.Diddy ntazagaragara mu itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards.

Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze afasha mumuziki witwa Cassie.     Sean Combs uzwi nka P.Diddy  umuraperi ukomeye cyane akaba n’umuherwe kuko agaragara k’urutonde rw’aba raperi bambere batunze agatubutse, umwaka dusoje wa 2023 ntiwagendekeye […]

Continuer la lecture

Rubavu: Umuryango wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC ubayeho mu bwoba

Umuryango wo mu karere ka Rubavu wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC, ubwo zazituraga Inka 5 mu gikumba ku ruhande rw’u Rwanda, uvuga ko ubayeho mu bwoba bwinshi.   Mu kiganiro bahaye Rwandanews24 bavuze ko byabaye ku manywa y’ihangu kuri uyu wa gatandatu, tariki 13 Mutarama 2024, mu murenge wa Busasamana, akagari ka Rusura, ho mu […]

Continuer la lecture