Davido yamaze kugera k’urutonde rwa Billbord Hot 100.

Kabuhariwe mu muziki wa Nigeria Davido ubu nawe yamaze kugera ku gahigo kari gasanganywe na Rema,C kay , Wiz Kid n’abandi.           Davido umwe mu bahanzi bagezweho muri Nigeria nahandi ku Isi mu njana ya Afro beats n’izindi kandi akaba n’umwe mubamaze kwigarurira imitima ya benshi ndetse nabo bakabimwereka, urugero rwa […]

Continuer la lecture

Ayra Starr ati Mama ampozaho ijisho.

Ayra Starr umuhanzi kazi wo muri Nigeria  ugezweho cyane, yahishuye ukuntu burya Mama we amuhozaho ijisho nubwo benshi bamubona nkufite uburenganzira busesuye kuri we.           Umuhanzikazi Oyinkansola Sarah Aderibibge wamamaye nka Ayra Starr yahishuye ukuntu Nyina umubyara amuhozaho ijisho kuri buri kantu kose akoze. Ayra Starr ngo ntashobora kugura isakoshi ihenze […]

Continuer la lecture

Icyo Abagabo barengeje imyaka 50 bagakwiye gukora.

Kenshi  kuri benshi yewe nabakiri bato usanga yicara agatekereza ukuntu mu myaka mirongo itanu azaba ameze, agatekereza ibyiza byose azaba yaragezeho nko kuzaba yarabyaye umwana we w’imfura arimo kuminuza, urugo rwiza azaba afite, akazi keza k’inzozi ze, icyubahiro mu bantu n’ibindi. ariko  sikenshi Abntu batekereza ndetse ngo bapange uburyo bwiza bwo kuzita k’umibiri yabo kugira […]

Continuer la lecture

Ibitaravuzwe ku basirikari ba FARDC bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda, Umwe akaharasirwa

Murukerera rwo kuwa kabiri, tariki 16 Mutarama 2024, mu ma saha ashyira saa saba z’ijoro, mu murenge wa Rubavu, ho mu karere ka Rubavu nibwo hafatiwe Abasirikari 2 ba FARDC, uwa gatatu muri bo araraswa arapfa, bari barenze imbibe zitandukanya Ibihugu byombi maze bavogera Igihugu cy’u Rwanda.   Nyuma y’uko aya makuru amenyekanye haba Igisirikari […]

Continuer la lecture

Narebye Budget y’Ubukwe bwa The Ben, numva nakoreramo ubwanjye “Green P”

Umuraperi Rukundo Elia, wamenyekanye muri muzika nyarwanda, mu njyana ya HipHop by’umwihariko mu itsinda rya Tuff Gang, mu makuru ya Radio ya Rwanda yo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, tariki 27 Mutarama 2024 yatangaje byinshi kuri we.   Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Inkuta’ amaze igihe abarizwa mu Mujyi wa Dubai muri […]

Continuer la lecture

Nyuma yo kwibasira WizKid uwitwa Dj Chicken yongeye kwibasira muka Davido.

Dj Chicken yongeye kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko ashaka kuryamana n’Umugore wa Davido witwa Chioma akanamutera inda.         Ntagihe kinini giciyeho uwitwa Dj Chicken ashinyaguriye Wiz Kid  uherutse kugira ibyago Mama we umubyara akitaba Imana muri kanama 2023 birumvikana ko Wiz Kid atarakira neza urupfu rwa nyina, nibwo uwitwa  Dj […]

Continuer la lecture

Rubavu: Mukeshimana mu marira menshi nyuma y’uko umwana we yishwe arashwe, Harakekwa FARDC

Mukeshimanamana Jean Bosco, wo mu karere ka Rubavu avuga ko ari mu gahinda kenshi nyuma y’Uko umwana we witwa Icyimanishaka Sifa w’imyaka 22, wari uvuye gucuruza High (Tungurusumu) yishwe n’abo yita ko ari Ingabo za FARDC.   Uyu mubyeyi avuga ko ibi byabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 23 Mutarama 2024, mu kagari ka Ryabizige […]

Continuer la lecture

Twitege iki mu nama y’Umushyikirano ya 19?

Guverunoma y’u Rwanda kuwa 13 Mutarama 2024 yatangaje ko inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, izaba kuva tariki 23-24 Mutarama 2024.   Guverinoma yabitangaje binyuze mu itangazo , aho iyi nama izatangira ku munsi w’ejo biteganyijwe ko izasuzumirwamo aho Igihugu kigeze mu nzego zitandukanye n’Imibereho y’Abanyarwanda muri rusange.   Itangazo ryagiraga riti “Uyu mwaka […]

Continuer la lecture

King James yasinyishije Manick Yani.

Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye kumuhindurira ubuzima kuko na King James ariho yayumviye akanifuza kumufasha mu gihe cy’imyaka itanu.       Amazina ye nyakuri ni Manigabe Delphin ariko mu muziki akoresha Manick Yani […]

Continuer la lecture

Impamvu hakozwe impinduka mu bayobozi b’Imirenge igize Akarere ka Rutsiro yamenyekanye

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro  buvuga ko impamvu hakozwe impinduka mh buyobozi bw’Imirenge, babitewe no kugira ngo bazanzahure imirenge yasanga nk’aho yasigaye inyuma mu mihigo.   N’Impinduka zatangiye kunugwanugwa mu mpera z’iki cyumweru turi kugana ku musozo, bamwe mu bayobozi b’Imirenge bahita bakora ihererekanyabubasha, abandi bikaba biteganyijwe ko bazarikora kuri uyu wa mbere.   Uko Impinduka […]

Continuer la lecture

Bruce Melody azataramira abazitabira Rwanda Day.

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024  mu mujyi wa Washington.           Abinyujije k’urubuga rwa Rwanda Day nibwo yemeje ko azataramira Abanyarwamda n’inshuti zarwo ko kuri 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 atumiye Abanya Rwanda […]

Continuer la lecture