Alex Iwobi agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria

  Alexandre Chucka Iwobi uzwi nka Alex iwobi ukina mu kibuga hagati asatira agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria kubera gutukwa cyane n’abafana ba Nigeria    Ibi byahise bituma asiba amafoto ye yose yari afite ku rukuta rwe rwa instagram   Byatewe nuko ikipe y’igihugu ya Nigeria itsindiwe kuri final y’igikombe cya Afurika itsinzwe […]

Continuer la lecture

Rubavu: Adolphe wari umaze icyumweru Arongoye yanyoye Tiyoda arapfa

Ngirimana Adolphe wo mu karere ka Rubavu wari umaze icyumweru kimwe arongoye yanyoye Tiyoda arapfa nyuma yo guhabwa isambu itangana niyo yifuza.     Ibi byabereye mu murenge wa Mudende, akagari ka Bihungwe n’umudugudu wa Bihungwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki 12 Gashyantare 2024.     Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mudende, Murindangabo […]

Continuer la lecture

Rusizi: Ukekwaho kwica umugore we agatoroka yafatiwe hanze y’u Rwanda

Nizeyimana Cyprien w’imyaka 48 ukekwaho kwica umugore we akoresheje ishoka agahita toroka Ubutabera yafatiwe i Burundi aho yahungiye akoresheje umugezi wa Ruhwa, nk’uko Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bubitangaza.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga Nizeyimana yafashwe akigera muri Komine Mabayi mu Ntara ya Cibitoki, ubu akaba afungiwe muri kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mabayi […]

Continuer la lecture

Rick Ross yatangaje urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa yemera.

Rick Ross nyuma y’uko abahanzi benshi bo muri Africa batishimiye uko itangwa ry’ibihembo bya grammy awards   byagenze, yafashe umwanya atangaza urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa akunda kandi yemera.         Umuraperi William Leonard Roberts w’imyaka 48 wamenyekanye nka Rick Ross azwiho kutarya indimi kandi akaba umwe mu baraperi badatinya kuvugira m’uruhame no gutanga […]

Continuer la lecture

Rayvanny America ikomeje kumuryohera.

Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny akomeje kuryoherwa na America kuko nyuma yo gusura studio ya Micheal Jackson yanahuye na Maruma banasubiranyemo indirimbo.         Raymond Shaban uzwi ku izina rya Rayvann ku itariki 4 gashyantare 2024 mu ijoro ryo ku cyumweru muri Leta zunze ubumwe za America hatanzwe ibihembo bikuriye ibindi aribyo grammy […]

Continuer la lecture

Miss Japan yeguye nyuma y’iminsi 16 atsindiye ikamba ry’ubwiza.

Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16.           Uyu mukobwa  yegukanye ikamba ry’ubwiza kuwa 22 mutarama 2024, nyuma y’uko bitavuzweho rumwe, kubera akomoka muri Ukraine. Ibi byatumye aba umunyaburayi wa mbere wabaye Miss muri Japan, ibyo […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Abaturage ntibavuga rumwe n’Ubuyobozi kubyo kwinubira “Ikibuga cya Mukebera”

Bamwe mu batuye akarere ka Rutsiro barinubira ko ikibuga cya Sitade Mukebera yabaye intabire, bakavuga ko Ubuyobozi butarebye kure bujya kuyubaka mu Gishanga, ibyo batavugaho rumwe n’Ubuyobozi bw’akarere.     Ubwo Rwandanews24 yaganiraga na bamwe mu bakinnyi ba Rutsiro FC mu cyumweru dusoje bavuze ko iki kibuga kibagoye.     Umwe muri bo yagize ati […]

Continuer la lecture

Itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards byaherekeshejwe imijugujgu.

Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho rumwe mukubitanga ariko kuri ubu noneho byafashe indi ntera kuko bamwe mu bahanzi banafite amazina akomeye ku Isi batariye indimi barimo abaraperi  bakomeye nka Jay z, Drake, Meek Mill […]

Continuer la lecture

Ibyo Mivumbi yaboneye muri Gereza ya Mpanga byamuteye ubwoba

Mivumbi, Umwe mu banyarwanda bafungiwe muri Gereza ya Mpanga yavuze ko ubutinganyi yabomye bwiganje mu bakuze baba basambanya abana bakiri bato b’abahungu, byamuteye ubwoba bwo kumva ko ahazaza h’u Rwanda hashobora kuzaba nta Rubyiruko ruzima hafite.   Mu kiganiro Mivumbi Umudu, yahaye umuyoboro wa Youtube wa Ukwezi TV, tariki 26 Mutarama 2024 yavuze ko n’ubwo […]

Continuer la lecture

The Ben yateye imitoma umugore we Uwicyeza Pamella.

Kuri uyu wa gatatu  tariki ya 31 mutarama 2024 nibwo  Uwicyeza Pamella yagize isabukuru y’amavuko maze umugabo we The Ben aramutomagiza karahava.                 The Ben yafashe umwanya ahamya urwo akunda umugore we Uwicyeza Pamella, ni mu butumwa yanyujije k’urukuta rwe rwa Instagram aho yanditse amagambo menshi  y’urukundo aho […]

Continuer la lecture

Rusizi ku isonga mu kubyara benshi, Harakekwa Ubushyuhe bwugarije Bugarama

Akarere ka Rusizi niko kaje ku isonga mu turere 30 tugize Igihugu cy’u Rwanda mu kubyara cyane hashyizwe mu majwi ubushyuhe bwo mu bugarama. Nk’uko imibare yavuye mu ibarura rusange ryo mu 2022 ibigaragaza, kaza ku isonga gafite 4.5%, gakurikirwa n’akarere ka Gisagara ifite 4,4 %, Nyaruguru na Nyagatare zifite 4.2% mu gihe Nyanza iza […]

Continuer la lecture