Niyonzima Haruna yahawe akazi muri FERWAFA.
Haruna Niyonzima wagiye mu kazi ko gutoza nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, yagizwe umwe mu batoza b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bashinzwe gukurikirana impano z’abato FERWAFA ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitegura amarushanwa yiswe TDS ‘Talent Development Scheme’, azenguruka intara zose z’igihugu ashaka abana bafite impano zo gukina ruhago. Ni muri […]
Continuer la lecture
