Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 9,4% mu 2025.

Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda mu 2025 wazamutse ku kigero cya 9,4% ugera kuri miliyari 23.387 Frw uvuye kuri miliyari 19.918 Frw wari uriho mu mwaka wari wabanje wa 2024. Ibyagize uruhare mu kuzamuka k’ubukungu harimo serivisi zihariye 52%, urwego rw’inganda rufite 22% mu gihe ubuhinzi bwihariye 20%. Mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025, ubukungu […]

Continuer la lecture

Papa Léon XIV yanenze intambara Amerika yagabye kuri Iran.

Papa Léon XIV yagaragaje ko atishimiye intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran, asaba ko imirwano ikwiye guhagarara, hakayobokwa inzira y’ibiganiro. Uyu mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yavuze ko umutekano udashobora kubonekera mu ntambara n’ubugizi bwa nabi. Papa Léon XIV yabigarutseho mu masengesho yayoboye ku cyumweru i Vatican yabereye kuri […]

Continuer la lecture

Amavubi yahamagaye abakinnyi 31 azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Olivier biteza impaka nyinshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahamagaye abakinnyi 31 izakuramo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 batarimo umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier. Ni urutonde ryashyizwe hanze kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’itangazamakuru Perezifa w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, n’umutoza mushya w’Amavubi, Stephen Constantine bakoze. Eric Nshimiyimana uri mu batoza bungirije b’Amavubi yavuze […]

Continuer la lecture

Inteko Ishingamategeko ya RDC iratangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington.

Inteko Ishingamategeko ya RDC kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Werurwe 2026, iratangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington yasinywe umwaka ushize hagati y’u Rwanda na RDC. Ibiro bya perezida wa RDC byatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yakiriye umukuru w’inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite Aimé Boji Sangara na Jean-Michel Sama Lukonde ukuriye umutwe wa sena […]

Continuer la lecture

Israel yagabye ibitero mu mijyi itatu muri Iran.

Ingabo za Israel zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero bigamije kwangiza ibikorwaremezo mu mijyi ya Tehran, Shiraz, na Tabriz yo muri Iran. Itangazo ingabo za Israel zashyize hanze rivuga ko bagamije gusenya ibikorwaremezo by’ubutegetsi bise ubw’iterabwoba bwa Iran. Riti “IDF yatangiye kugaba ibitero byinshi bigamije kwibasira ibikorwaremezo by’ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, muri Tehran, Shiraz na Tabriz.” […]

Continuer la lecture

Masisi: Umudugudu wa Malemo wigaruriwe na Wazalendo nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo na AFC/M23.

Umudugudu wa Malemo, uherereye mu gace ka Bashali Mokoto muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kugenzurwa n’ingabo za Wazalendo ku wa Gatandatu, tariki ya 14 Werurwe 2026, nyuma y’imirwano ikomeye bahanganyemo n’inyeshyamba za AFC/M23. Nk’uko bitangazwa n’amasoko atandukanye arimo abayobozi gakondo n’abashinzwe umutekano muri ako gace, imirwano yatangiye mu gitondo kare […]

Continuer la lecture

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelona ahigitse Victor Font warushyigikiwe n’abakomeye.

Perezida w’ikipe ya FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu matora yabaye ku Cyumweru kuwa 15 werurwe 2026, atsinze ku majwi menshi cyane Victor Font bari bahanganye Laporta yegukanye amajwi 32,934 angana na 68.18% by’abanyamuryango batoye, mu gihe Font we yabonye amajwi 14,384 angana na 29.78%. Ibi bituma Laporta akomeza kuyobora iyi […]

Continuer la lecture

Ikibuga cy’indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone.

Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Dubai cyagabweho igitero cya drone habanza kugaragara umuriro ariko uza kuzimywa. Iki gitero cyagabwe ku wa 16 Werurwe 2026, cyatumye ingendo zisubikwa by’igihe gito. Intambara ya Amerika, Israel na Iran yatumye ingendo zo mu kirere henshi zikomwa mu nkokora kuko Iran igaba ibitero ku bice byose ishinja gucumbikira ingabo cyangwa ibikorwa […]

Continuer la lecture

Kicukiro: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka.

Mu ma saa kumi nimwe n’igice z’umugoroba wo kuriki cyumweru tariki ya 15 werurwe 2026, inzu y’umuturage iherereye mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Nyarugunga, akagari ka kamashashi mu mudugudu wa Mukoni. yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka. bivugwa ko iyi nkongi ishobora kuba yatewe n’turika rya gas. aho Umukozi n’abana bari murugo barimo bareba film noneho […]

Continuer la lecture

Kiyovu sport, Gasogi united na AS kigali zasabwe gukora ikipe imwe.

Umujyi wa Kigali wasabye amakipe usanzwe ufasha ari yo Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe mu rwego rwo guhuriza hamwe ubushobozi. Ibi bimenyekanye nyuma y’ibaruwa umujyi wa kigali yandikiye aya makipe usanzwe ufashe muri iki cyumweru dusoje.  iyi baruwa yagiraga  iti: “Nshingiye ku myanzuro y’inama yabahuje n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali […]

Continuer la lecture

Niyonzima Haruna yahawe akazi muri FERWAFA.

Haruna Niyonzima wagiye mu kazi ko gutoza nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, yagizwe umwe mu batoza b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bashinzwe gukurikirana impano z’abato FERWAFA ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitegura amarushanwa yiswe TDS ‘Talent Development Scheme’, azenguruka intara zose z’igihugu ashaka abana bafite impano zo gukina ruhago. Ni muri […]

Continuer la lecture