Dosiye ya DC Clement warezwe ibyaha bitanu, yashyikirijwe Ubushinjacyaha.

Dosiye ya Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement yashyikirijwe Ubushinjacyaha, ku ikubitiro akaba yarezwe ibyaha bitanu nubwo hari ibindi bigikorwaho iperereza nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B.Thierry yemereye IGIHE ko dosiye ya DC Clement yagejejwe mu Bushinjacyaha kuri uyu wa 8 Mata 2026. Ati “Nibyo koko dosiye ye […]

Continuer la lecture

Kenya yagiye gusaba lisansi muri Uganda bayikurira inzira ku murima.

Kenya ikomeje guhura n’ikibazo cy’ibura rikomeye rya lisansi n’ibindi bikomoka kuri peteroli biturutse ku mato y’ibi bicuruzwa yabuze inzira kubera intambara ya Iran. Amakuru yashyizwe hanze na Chimpreports avuga ko hagati muri uku kwezi kwa Mata Kenya ishobora kumara lisansi yari ifite mu bubiko. Mu guhangana n’iki kibazo, ubutegetsi bwa Kenya bwakoze ibishoboka byose ndetse […]

Continuer la lecture

Murangwa yagaragaje uburyo abakiri bato bafashwa kuzirikana amateka ya Jenoside.

Murangwa Eugène washinze Umuryango Ishami Foundation, yavuze ko mu Bwongereza bakoze gahunda bise “Play to Remember”, yo kwibuka bakoresheje imikino binyuze mu mupira w’amaguru n’ibiganiro, ndetse abakiri bato bayitabiriye bagaragaje ko byabashije gusobanukirwa neza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yabigarutseho mu kiganiro yatangiye mu Nama Mpuzamahanga ku Kurwanya Jenoside yabereye muri Intare Conference Arena kuri […]

Continuer la lecture

Akagunguru ka peteroli kageze munsi ya 100$ nyuma y’agahenge katangajwe na Trump.

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igihugu cye na Iran byemeranyije agahenge ko guhagarika intambara mu gihe cy’ibyumweru bibiri ndetse no kongera gufungura inzira ya Hormuz. Nyuma y’uko Trump atangaje aka gahenge mu masaha yo mu rukererera ahagana Saa Cyenda, ibiciro by’ibikomoka […]

Continuer la lecture

Abanyarwanda batuye muri Canada Biyemeje guhangana n’ingengabitekerezo ku mbuga nkoranyambaga.

Abanyarwanda batuye muri Canada biyemeje guhangana n’abafite ingengabitekerezo ya Jenoside aho bari hose cyane cyane abihisha inyuma y’imbuga nkoranyambaga, bagapfobya cyangwa bagahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibi ni ibyavugiwe mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabaye ku wa 7 Mata 2026. Ni igikorwa cyabereye ku nzu ndangamurage […]

Continuer la lecture

Urukiko rwasubitse gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga.

Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza ku mugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mwanzuro wari gusomwa kuri uyu wa 8 Mata 2026 nyuma y’amezi umunani ishami ry’Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa rishinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba (PNAT) n’imiryango ihagarariye abakorewe ibyaha […]

Continuer la lecture

#Kwibuka32: Kuwa 8 Mata 1994: Jenoside yakwiriye igihugu buri Mu tutsi atangira guhigwa bukware.

Tariki ya 8 Mata 1994, nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, buri mututsi wese aho aherereye atangira guhigwa bukware n’abasirikare, abajandarume n’interahamwe bari bahuje imbaraga ngo batsembe Abatutsi. Kuri iyi tariki kandi nibwo hashyizweho Guverinoma yiswe iy’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda […]

Continuer la lecture

South Sudan: Perezida Kiir yirukanye abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko.

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko na Visi Perezida we, kubera ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ingengo y’imari igenewe uru rwego. Ishyaka rya Rubanda riharanira Ukubohorwa kwa Sudani (SPLM) riri ku butegetsi ni ryo ryatangije inkundura yo kwirukana Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Jemma Nunu Kumba n’umwungirije , Permena Awerial […]

Continuer la lecture

Ingingo 10 zizibandwaho mu guhagarika intambara ya Iran

Ku wa 8 Mata 2026 ni bwo byatangajwe ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaretse ibyo kurimbura Iran nk’uko yari yabirahiriye Mu mpera z’icyumweru gishize, Trump yabwiye Iran ko igomba kuba yafunguye inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% by’ibikomoka kuri peteroli byose bijya hirya no hino ku Isi, bitarenze mu rukerera rwo kuri uyu […]

Continuer la lecture

Trump yasubitse ibikorwa byo kurimbura Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yasubitse umugambi wo kurasa kuri Iran. Mu mpera z’icyumweru gishize, Trump yabwiye Iran ko igomba kuba yafunguye inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% by’ibikomoka kuri peteroli byose bijya hirya no hino ku Isi, bitarenze mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu Saa 2:00 ku isaha […]

Continuer la lecture

Mozambique: Bifatanyije n’ingabo z’u Rwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Inzego z’ Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’umutekano muri Mozambique zifatanyije n’Inzego z’Umutekano za Mozambique, abayobozi ba Leta ndetse n’abahagarariye Sosiyete ya TotalEnergies, mu kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abayobozi bitabiriye iki gikorwa barimo Umuyobozi wungirije w’Ingabo za Mozambique (FADM), Brig Gen Tomás Mponha, Bwana Savio uhagarariye […]

Continuer la lecture