Ngoma: Inkuba yakubise abantu 26, umwe yitaba Imana

Abantu 26 bo mu Karere ka Ngoma bakubiswe n’inkuba, umwe ahita yitaba Imana mu gihe abandi bajyanywe kwa muganga Iyi nkuba yakubise abaturage ahagana Saa Tanu zo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2026, mu Kagari ka Cyarwa mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashanda, Ngenda Mathias, […]

Continuer la lecture

Amerika: Jay Squeezer yatewe n’abagizi ba nabi bamusiga ari intere

Kambale Wilondja wamamaye nka Jaysqueezer cyangwa Kasuku ku mbuga nkoranyambaga, yatewe mu rugo aho atuye muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, n’itsinda ry’abagizi ba nabi, baramukubita bamusiga ari intere. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 12-13 Mata 2026 nk’uko yabitangaje yatewe n’itsinda ry’abasore batatu bari bitwaje intwaro icyakora Imana igakinga […]

Continuer la lecture

Uwahoze ari Minisitiri wa RDC mu ntumwa za AFC/M23 zagiye kuganirira na Kinshasa mu Busuwisi.

Franck Mwe di Malila Apenela wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ari mu ntumwa za AFC/M23 zitabiriye ibiganiro byayo na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi. Ni ibiganiro byatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata, bikazamara iminsi itanu. Jeune Afrique ivuga ko intumwa 12 ari zo AFC/M23 yohereje […]

Continuer la lecture

Urupfu rw’Ashlee Jenae uzwi ku mbuga nkoranyambaga rukomeje kuvugisha benshi.

Umuryango w’umunyamerikakazi uzwi ku mbuga nkoranyambaga urimo gusaba ibisubizo nyuma y’amakuru avuga ko yapfiriye muri Tanzania aho yari yaragiye gutemberana n’umukunzi we Leta ya Tanzania cyangwa polisi yaho ntacyo baravuga ku makuru y’urupfu rwa Ashlee Jenae uzwi ku mbuga nkoranyambaga aho agaragaza imibereho y’ubuzima bw’agatatangaza. Urupfu rwe rwatangajwe bwa mbere ku cyumweru n’uvuga ko ari […]

Continuer la lecture

Papa Leo XIV yasubije Trump wamuvuzeho amagambo amwibasira.

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko adashaka guterana amagambo na Perezida Donald Trump nyuma yuko amwibasiye avuga ko atari umufana we, amuziza kuba yaramaganye ibitero bya America kuri Iran. Ni nyuma yuko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America atangaje amagambo akomeye kuri Leo XIV wanabaye Umushumba wa […]

Continuer la lecture

Pope Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika.

Papa Léon XIV agiye gutangira urugendo rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, rugomba kumara iminsi icumi. Ni uruzinduko atangira kuri uyu wa Mbere muri Algeria mbere yo gukomereza muri Cameroun. Léon XIV azagera mu mijyi 11 ya Afurika, aho biteganyijwe ko azakora urugendo rwa kilometero ibihumbi 18 mu ngendo z’ingende 18 azakora. Cardinal Michael […]

Continuer la lecture

#Kwibuka32 Ibyaranze tariki ya 13 Mata 1994.

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 13  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nkuru iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 1. Iyicwa ry’abatutsi muri College Saint Andre i Nyamirambo Mu murenge wa Nyamirambo mu kigo cy’ishuri […]

Continuer la lecture

Umuryango utibuka urazima- Abakinnyi b’Amavubi na FERWAFA ku #Kwibuka32

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ n’abayobozi b’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), bageneye ubutumwa bwihariye Abanyarwanda, berekana ko kutibuka Jenoside yakorewe Abatutsi byatuma umuryango uzima. Ku Cyumweru, tariki ya 12 Mata 2026, ni bwo abayobozi ba FERWAFA bifatanyije n’abatuye mu Murenge wa Remera mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Continuer la lecture

Trump yenenze cyane bikomeye pope Léon XIV.

Ku mugorobwa wo ku Cyumweru, Perezida Donald Trump yanenze yivuye inyuma Papa Léon XIV, yamagana imyumvire ye ku ntambara ya Iran, anavuga ko adashoboye mu byerekeye politiki y’ububanyi n’amahanga. Aganira n’itangazamakuru kuri Joint Base Andrews, Trump yagize ati “Ntabwo dushaka Papa uvuga ko ntacyo bitwaye kugira intwaro kirimbuzi . Ni umugabo utekereza ko tutagakwiye kuba […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti.

Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo mu mavuta bizwi nk’ibya mucoma. Ibi byabereye mu Murenge wa Rugera, Akagari ka Nyarutembe ho mu Mudugudu wa Kirebe, ku wa Gatandatu, tariki 11 Mata […]

Continuer la lecture

Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese.

Ku munsi nk’uyu w’italiki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi taliki mu 1994. Taliki ya 12/4/1994, Karamira Froduald wa MDR-Power yavugiye kuri Radio Rwanda ko intambara ireba buri wese, […]

Continuer la lecture