Byinshi wamenya ku Ndwara y’agahinda Gakabije yugarije urubyiruko.

Umubare w’abatari bake mu Isi wugarijwe n’uburwayi bw’agahinda gakabije benshi bita (Depression). Aka si agahinda gasanzwe umuntu agira kagahita gashira ahubwo ushobora kubana nako ibihe byose ku buryo bamwe bageraho bakumva ko ubuzima ntacyo bumaze no kubaho kwabo birutwa no gupfa Kugira agahinda gakabije bifitanye isano n’imiterere ya muntu n’uburyo yakira ibimubayeho bigoye mu buryo  […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umugore wari ufite umwana mu ntoki yishwe n’inkuba umwana ararusimbuka.

Mu mvura nke yagwaga mu Kagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke, mu ma saa kumi n’iminota 40 z’umugoroba wo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 inkuba yakubise Nyiranziyumvira Marie Rose w’imyaka 42, wari uri kumwe n’abana 3 mu gikoni atetse, barimo impanga, ateruye umuto muri zo ahita apfa,umwana ararusimbuka. Niragire Josiane, umuturanyi […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu.

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ingufu azafasha ibihugu byombi kuzamura ubukungu, guteza imbere inganda no guhindura imibereho y’abaturage. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 iruhande rw’inama Nyafurika yiga ku iterambere ry’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri. Muri aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, mu […]

Continuer la lecture

Bugesera: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gukubita umuturage agapfa.

Abaturage batatu bo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umugabo w’imyaka 40 bakekaga ko ari umujura bikamuviramo urupfu. Ibi byamenyekanye mu ijoro rya tariki ya 18 Gicurasi 2026 aho byabereye mu Mudugudu wo Kurugenge mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka […]

Continuer la lecture

Amavubi yamenye amakipe bazesurana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2027.

U Rwanda rwisanze mu Itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na Liberia mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027, kizabera muri Kenya, Tanzania na Uganda Ni nyuma ya tombola y’uko amakipe y’ibi bihugu azahura, yabereye i Cairo mu misiri, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026. Amakipe y’ibihugu 48 […]

Continuer la lecture

Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe Djihad, K John n’abo bareganwa.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw cyari cyarahanishijwe Uzabakiriho Cyprien, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor na Kalisa John uzwi nka K John kigumaho. Ni nyuma yo kugaragaza ko hari ibimenyetso bikomeye byerekana ko Djihad ahamwa n’icyaha cyo kuba icyitso mu gusakaza amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina, Kalisa John, […]

Continuer la lecture

Byinshi  ku cyorezo cya Ebola u Rwanda rukomeje gukurikiranira hafi.

Ebola ni indwara iterwa na virusi yitwa Ebola. Ubwoko bwa Virusi bwayo  bwabonetse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Uganda  bwahawe izina rya “Bundibugyo Virus (BDBV)”. Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), ivuga ko ubusanzwe virusi ya Ebola yibera mu mubiri w’ubwoko bumwe bw’uducurama ntidutere kurwara ariko tukayikwirakwiza. Iyo Minisiteri ivuga ko Ebola yibasira abantu ndetse n’inyamanswa z’inyamabere zo mu […]

Continuer la lecture

Burundi : Une Miss déchue de sa couronne après avoir demandé l'asile en Europe.

Les organisateurs de Miss Burundi ont annoncé que la candidate la plus populaire à Miss Burundi 2025 (Miss Populaire) a été déchue de son titre à compter du 18 mai 2026, et qu'elle a été interdite d'utiliser les symboles de cette compétition. La société INGO s.a, organisatrice de ces concours de beauté, a déclaré que Mugisha Monica Celeste a été déchue du titre qui lui avait été décerné en raison d'erreurs commises lors de voyages dans [...]

Continuer la lecture

AFC/M23 yamaze kubona abantu 189 bahuye n’uwanduye Ebola i Goma.

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryamaze gutahura abantu 189 bahuye n’uwanduye icyorezo cya Ebola wagaragaye mu Mujyi wa Goma tariki ya 17 Gicurasi 2026. Umuyobozi wa laboratwari ya RDC (INRB), Prof. Jean Jacques Kayembe, yasobanuye ko umurwayi wa Ebola wagaragaye i Goma yahageze avuye mu Mujyi wa Bunia […]

Continuer la lecture

Qatar Airways igiye gusubukura ingendo zerekeza i Kigali

Sosiyeti y’indege ya Qatar Airways yatangaje ko igiye gusubukura ingendo z’indege zerekeza i Kigali, nyuma y’igihe zari zimaze zarahagaritswe kubera intambara iri mu Burasirazuba bwo hagati. Amakuru dukesha ikinyamakuru Travel PRNews nuko izi ngendo zizasubukurwa guhera ku itariki ya 16 Kamena 2026 Izi ngendo zari zarahagaze muri Gashyantare kubera impamvu z’umutekano zatewe n’ibihe by’intambara mu […]

Continuer la lecture

Kenya: Abantu Bane bapfiriye mu myigaragambyo yaba ‘Gen Z’.

Abantu bane baguye mu mpanuka yabereye mu myigaragambyo yakozwe n’urubyiruko rwo muri Kenya ku wa 18 Gicurasi 2026 mu muhanda munini wa Thika uhuza Umurwa Mukuru Nairobi n’agace kahariwe inganda ka Thika. Uru rubyiruko ruri kwigaragambya rwamagana izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli. NTV Kenya yanditse ko impanuka yabereye i Kimbo muri Riuru ku munda […]

Continuer la lecture