U Rwanda na Oklahoma Christian University bizihije imyaka 20 y’ubufatanye

Mu nyubako ya Kigali Convention Centre (KCC) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Oklahoma Christian University n’u Rwanda Perezida Paul Kagame yashimiye kaminuza ya Oklahoma Christian University ku ruhare yagize mu iterambere ry’igihugu agaragaza ko yizeye ko ubufatanye hagati y’iyi kaminuza n’u Rwanda  bizameza no […]

Continuer la lecture

Uwarashe hafi ya White House yishwe.

Nasire Best ushinjwa kuba ari we warashe amasasu menshi hafi y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) ku wa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026, yishwe arashwe. Ku wa Gatandatu nibwo hafi ya White House humvikanye urusaku rw’amasasu yarashwe inshuro esheshatu, ndetse abashinzwe umutekano batangira kurasana n’uwagabye iki gitero. Impande zombi zarasanye […]

Continuer la lecture

DJ Toxxyk yasubijwe mu Igororero rya Nyarugenge.

Nyuma y’iminsi 18 asohotse mu igororero rya Nyarugenge i Mageragere, DJ Toxxyk yongeye gusubizwayo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026. DJ Toxxyk yajyanywe mu igororero rya Nyarugenge ku wa 22 Gicurasi 2026 nyuma yo gukatirwa n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka umwe n’igice n’ihazabu ya 1.050.000Frw. Amakuru yizewe ahamya ko DJ Toxxyk wari wararekuwe ku […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwungukira byinshi mu ishoramari rya siporo – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko gushora imari muri siporo no kubaka ibikorwa remezo byayo bigira uruhare rukomeye mu guteza imbere izindi nzego z’ubukungu. Yabivugiye mu nama y’abashoramari ba Basketball Africa League (BAL Investors Summit) yabereye i Kigali ku wa 22 Gicurasi, mbere y’amasaha make yaburaga ngo imikino ya kamarampaka ya BAL itangire muri BK […]

Continuer la lecture

Uganda: Abamaze kwandura Ebola bakomeje kwiyongera.

Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko hagaragaye abandi bantu batatu banduye indwara ya Ebola, bituma umubare w’abamaze kwemezwa ko bayanduye muri icyo gihugu ugera kuri batanu. Ni ibyatangajwe kuri uyu wa 23 Gicurasi 2026, mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, ivuga ko abo barwayi bashya bagaragaye nyuma y’isuzuma ryakorewe ku bantu bari […]

Continuer la lecture

U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro.

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko itazatezuka gutanga umusanzu wayo mu Butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko kugeza ubu u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere mu Muryango w’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Muri rusange u Rwanda ruza ku mwanya wa kabiri ku Isi mu bihugu 117 byohereza ingabo mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro […]

Continuer la lecture

Marchal Ujeku Nyiri Marshall Real Estate yatawe muri yombi.

Ujekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ku wa 20 Gicurasi 2026 akurikiranyweho ibyaha birimo icy’Ubuhemu n’icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B.Thierry. aganira n’ikinyamakuru IGIHE dukesha aya makuru Aha akaba yagize ati “Nyuma y’ibirego byatanzwe n’abaturage mu bihe bitandukanye, RIB yafunze […]

Continuer la lecture

La BNR va réduire l'ampleur de la hausse des prix.

La Banque Nationale du Rwanda (BNR) a annoncé qu'elle avait augmenté son taux d'intérêt pour lutter contre la hausse continue des prix sur les marchés. Ce taux d'intérêt a augmenté de 1 % par rapport au taux précédent fixé en février de cette année, passant de 7,25 % à 8,25 %, dans le but de ralentir le rythme de la hausse des prix sur les marchés et de le maintenir dans les limites fixées par cette Banque, entre autres [...]

Continuer la lecture

U Rwanda n’u Burusiya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare.

Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwakiriye inama ya karindwi ya Komisiyo ihuza u Rwanda n’u Burusiya ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare, izamara iminsi itatu ibera mu Rwanda. Nk’uko byatangajwe n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, iyi nama yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gicurasi, izarangira kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2026. Ubuyobozi Bukuru […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame na Madamu Jeannette bifatanyije n’abana kwizihiza umunsi wahariwe ba sogokuru muri Green Hills Academy.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’ababyeyi n’abana mu kwizihiza umunsi wahariwe ba basogokuru uzwi nka Grandparents Day wabereye ku ishuri rya Green Hills Academy. Muri uwo muhango, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bishimiye ibitaramo by’umuco nyarwanda byakozwe n’abana biga mu mwaka wa gatatu w’ikiburamwaka muri iri shuri […]

Continuer la lecture

Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko bishobora gutwara amezi icyenda kugira ngo urukingo rwa virusi ya Ebola izwi nka Bundibugyo ruboneke Ibi byatangajwe ku wa 20 Gicurasi 2026, n’Umujyanama muri OMS, Dr. Vasee Moorthy. Yavuze ko hari inkingo ebyiri bari kugerageza zo kurwanya icyorezo iyi virusi ya Ebola. Umuntu wa mbere wishwe […]

Continuer la lecture