U Rwanda ruza imbere muri OIF mu gutanga ingabo mu butumwa bw’amahoro.

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira ko itazatezuka gutanga umusanzu wayo mu Butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko kugeza ubu u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere mu Muryango w’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Muri rusange u Rwanda ruza ku mwanya wa kabiri ku Isi mu bihugu 117 byohereza ingabo mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro […]

Continuer la lecture

Marchal Ujeku Nyiri Marshall Real Estate yatawe muri yombi.

Ujekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ku wa 20 Gicurasi 2026 akurikiranyweho ibyaha birimo icy’Ubuhemu n’icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B.Thierry. aganira n’ikinyamakuru IGIHE dukesha aya makuru Aha akaba yagize ati “Nyuma y’ibirego byatanzwe n’abaturage mu bihe bitandukanye, RIB yafunze […]

Continuer la lecture

La BNR va réduire l'ampleur de la hausse des prix.

La Banque Nationale du Rwanda (BNR) a annoncé qu'elle avait augmenté son taux d'intérêt pour lutter contre la hausse continue des prix sur les marchés. Ce taux d'intérêt a augmenté de 1 % par rapport au taux précédent fixé en février de cette année, passant de 7,25 % à 8,25 %, dans le but de ralentir le rythme de la hausse des prix sur les marchés et de le maintenir dans les limites fixées par cette Banque, entre autres [...]

Continuer la lecture

U Rwanda n’u Burusiya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare.

Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwakiriye inama ya karindwi ya Komisiyo ihuza u Rwanda n’u Burusiya ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare, izamara iminsi itatu ibera mu Rwanda. Nk’uko byatangajwe n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, iyi nama yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gicurasi, izarangira kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2026. Ubuyobozi Bukuru […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame na Madamu Jeannette bifatanyije n’abana kwizihiza umunsi wahariwe ba sogokuru muri Green Hills Academy.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’ababyeyi n’abana mu kwizihiza umunsi wahariwe ba basogokuru uzwi nka Grandparents Day wabereye ku ishuri rya Green Hills Academy. Muri uwo muhango, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bishimiye ibitaramo by’umuco nyarwanda byakozwe n’abana biga mu mwaka wa gatatu w’ikiburamwaka muri iri shuri […]

Continuer la lecture

Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko bishobora gutwara amezi icyenda kugira ngo urukingo rwa virusi ya Ebola izwi nka Bundibugyo ruboneke Ibi byatangajwe ku wa 20 Gicurasi 2026, n’Umujyanama muri OMS, Dr. Vasee Moorthy. Yavuze ko hari inkingo ebyiri bari kugerageza zo kurwanya icyorezo iyi virusi ya Ebola. Umuntu wa mbere wishwe […]

Continuer la lecture

Byinshi wamenya ku Ndwara y’agahinda Gakabije yugarije urubyiruko.

Umubare w’abatari bake mu Isi wugarijwe n’uburwayi bw’agahinda gakabije benshi bita (Depression). Aka si agahinda gasanzwe umuntu agira kagahita gashira ahubwo ushobora kubana nako ibihe byose ku buryo bamwe bageraho bakumva ko ubuzima ntacyo bumaze no kubaho kwabo birutwa no gupfa Kugira agahinda gakabije bifitanye isano n’imiterere ya muntu n’uburyo yakira ibimubayeho bigoye mu buryo  […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umugore wari ufite umwana mu ntoki yishwe n’inkuba umwana ararusimbuka.

Mu mvura nke yagwaga mu Kagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke, mu ma saa kumi n’iminota 40 z’umugoroba wo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 inkuba yakubise Nyiranziyumvira Marie Rose w’imyaka 42, wari uri kumwe n’abana 3 mu gikoni atetse, barimo impanga, ateruye umuto muri zo ahita apfa,umwana ararusimbuka. Niragire Josiane, umuturanyi […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu.

U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ingufu azafasha ibihugu byombi kuzamura ubukungu, guteza imbere inganda no guhindura imibereho y’abaturage. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa 19 Gicurasi 2026 iruhande rw’inama Nyafurika yiga ku iterambere ry’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri. Muri aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, mu […]

Continuer la lecture

Bugesera: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gukubita umuturage agapfa.

Abaturage batatu bo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umugabo w’imyaka 40 bakekaga ko ari umujura bikamuviramo urupfu. Ibi byamenyekanye mu ijoro rya tariki ya 18 Gicurasi 2026 aho byabereye mu Mudugudu wo Kurugenge mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka […]

Continuer la lecture

Amavubi yamenye amakipe bazesurana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2027.

U Rwanda rwisanze mu Itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na Liberia mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027, kizabera muri Kenya, Tanzania na Uganda Ni nyuma ya tombola y’uko amakipe y’ibi bihugu azahura, yabereye i Cairo mu misiri, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2026. Amakipe y’ibihugu 48 […]

Continuer la lecture