Abaminisitiri b’Ubuzima muri EAC bategerejwe mu nama y’igitaraganya kuri Ebola
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) watangaje ko abaminisitiri b’ubuzima bo mu bihugu biwugize bagiye gukora inama idasanzwe igamije kuganira ku cyorezo cya Ebola. Iyo nama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga, ku matariki ya 1 n’iya 2 Kamena 2026. Iyi nama izibanda ku gusuzuma uko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu karere no gushaka ingamba zifatika zo kugikumira, […]
Continuer la lecture
