Umunya- Australia Brady Gilmore ukinira Ikipe ya Israel Premier Tech, ni we wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2025, nyuma yo gukoresha amasaha abiri,...
Rutahizamu w’Umunya Argentine, Lionel Messi, ashobora kongera kwambara umwambaro wa FC Barcelona nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za...
Urwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda , rwavuguruye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, rwimura irimo uwa APR FC na Rayon Sports, wavanywe muri Gicurasi, ushyirwa tariki 9 Werurwe...
Umunya Nigeria Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye imana azize impanuka yabereye muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Perezida wa UCI David Lappartient, batangije ku mugaragaro isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu Tour du Rwanda 2025. Kuri iki...
Nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, APR FC yahise ikatisha itike ya ¼ cy’irangiza, yiyongera ku makipe...
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 11 Gashyantare 2025, habaye imikino ya kamarampaka (play-offs) ya UEFA Champions League, aho Real Madrid yatsinze Manchester City...
Umufana ukomeye wa Kiyovu Sports, Harerimana Abdul Aziz ‘Nzinzi’, yitabye Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu Bitaro bya CHUK. Iyi nkuru y’akababaro, yamenyekanye kuri uyu...
Rutahizamu ukina anyuze mu mpande, Godwin Odibo, wari watandukanye na APR FC kubera umusaruro muke, yamaze kubona indi kipe nshya y’iwabo muri Nigeria yitwa Shooting Stars....
Umuyobozi wa APR FC, Brig Gen Déo Rusanganwa, yatangaje ko mu minsi 45 bisi Nshya y’ikipe izaba yageze mu Rwanda. Ibi nibwe mu byo yabitangarije mu...