Kevin De Bruyne ukina mu kibuga hagati muri Manchester City, yatangaje ko atazakomezanya nayo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Ibi bikubiye mu ibaruwa yageneye abakunzi...
Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 13 Werurwe 2025, ubuyobozi bwa APR FC bwashyize ahagaragara itangazo risobanura ku makuru amaze iminsi avugwa ko yaba...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 5 Werurwe 2025, habaye imikino ibanza ya 1/8 cya UEFA Champions League aho amakipe akomeye y’i Burayi yahuye...
Umunya- Australia Brady Gilmore ukinira Ikipe ya Israel Premier Tech, ni we wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2025, nyuma yo gukoresha amasaha abiri,...
Rutahizamu w’Umunya Argentine, Lionel Messi, ashobora kongera kwambara umwambaro wa FC Barcelona nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za...
Urwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda , rwavuguruye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, rwimura irimo uwa APR FC na Rayon Sports, wavanywe muri Gicurasi, ushyirwa tariki 9 Werurwe...
Umunya Nigeria Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye imana azize impanuka yabereye muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025...