Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo abayobozi mu ihuriro AFC ribarizwamo M23 ndetse no mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi...
Mu gihe Perezida Tshisekedi atekereza ko yateye ubwoba Abanyekongo binyuze mu manza zishingiye kuri politiki, gufatira imitungo yabo no kugarura igihano cy’urupfu, benshi bakomeje kwifatanya n’Ihuriro...
Nyuma y’uko Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda, igihugu cyacu cyinjiye mu bihe bishya by’iterambere, bitandukanye cyane n’iby’imyaka 30 ishize. Iyi ntsinzi ni ikimenyetso cy’icyizere...
Umusore w’imyaka 19 wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri, Akarere ka Nyagatare, yishwe aciwe umutwe n’abagizi ba nabi. Nyuma y’uru rupfu, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB)...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, yahamagaye Perezida Paul Kagame kuri telefone amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uri kongera kwiyamamariza gutorerwa kuyiyobora mu matora azaba mu Gushyingo, yatangaje ko agiye kongera kwiyamamariza...
Amezi make mbere y’uko uwari Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II apfa, hari umwe mu bakoresha internet wanditse kuri Twitter itariki azapfiraho kandi biba impamo. Uyu mugabo,...
Donald Trump yavuze ko Kamala Harris bashobora guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu aramutse atsinze byaganisha ku Ntambara ya Gatatu y’Isi. Ni ingingo Trump yagarutseho ku wa Gatanu...
Umuhanzikazi Valentine wamamaye nka Dorimbogo, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yavutse kandi akurira mu Karere ka Nyamasheke, akaba umwana wa nyuma mu muryango...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende, izwi nka Monkeypox cyangwa mpox, yamaze kugera mu Rwanda nyuma yo kugaragara ku bantu babiri. Aba...