Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye muri Teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yinjiye...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 Weruwe 2024,yohereje mu Rwanda, Ahmed Napoleon Mbonyunkiza wari warakatiwe n’Urukiko Gacaca, akaza guhanywa n’ibyaha...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wemeje ko Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste uherutse gushyikirizwa u Rwanda yari mu...
Guverinoma y’u Rwanda yanenze icyemezo cya guverinoma ya Canada cyo kuyifatira ibihano, ishinja u Rwanda kugira uruhare mu mutekano mucye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
U Rwanda rwasabye Ubwongereza kwishyura miliyoni 50 z’amapawundi (abarirwa muri miliyari zisaga 89 z’amafaranga y’u Rwanda) nyuma y’uko Ubwongereza butubahirije amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda....
Amakuru y’uruzinduko rwa Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, kugeza ubu, nta rwego rwa Leta ku ruhande...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), mu mujyi wa Bukavu, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Werurwe 2025, habaye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa...
Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, avuga ko umuntu uzafatwa afite amashashi azajya yicara hasi akayahekenye kugeza ayamize. Mu 2018, leta y’u Burundi...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 03 Werurwe 2025, Ingabo za Congo (FARDC) n’abafatanyabikorwa bazo, barimo Ingabo z’u Burundi, Wazalendo, na FDLR, bagabye ibitero bikaze ku...
Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi bawo atari ibyihebe nk’uko bivugwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahubwo ko barwanira...