Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu mujyi wa Kigali n’ibindi waherukaga gufungurwa by’agateganyo, bikekwa ko habonetse ibindi bimenyetso atabwa muri yombi hamwe n’abandi bantu babiri...
Igihugu cy’u Bubiligi cyatangaje ko cyakiriye icyemezo cya Leta y’u Rwanda cyo guhagarika imikoranire mu bikorwa by’iterambere. U Rwanda rwafashe iki cyemezo nyuma y’uko u Bubiligi...
Umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi arahakana amakuru avuga ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu gihanganye n’inyeshamba za M23 zacyuwe....
Mu mirwano ihanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko uyu mutwe wamaze gufata undi mujyi ari wo Uvira wo mu...
Umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yemeza ko u Rwanda rwahagaritse imikoranire n’u Bubiligi muri gahunda y’imyaka itanu yahereye mu 2024 ikazageza mu 2029. Icyo cyemezo...
Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe icyemezo cyo gushyira mu ngabo zayo abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, baherutse kumanika amaboko bakishyikiriza uyu mutwe. Abasirikare M23...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu...
Nyuma y’iminsi mike Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, atangaje umugambi wo kohereza ingabo mu Mujyi wa Bunia kugira ngo zihagarike ubwicanyi bukorerwa...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko yijunditse ibihugu bitatu byo ku Mugabane wa Afurika byanze ko Umuryango w’Abibumbye wamagana u Rwanda....