Habanabashaka John w’imyaka 23, wabaga mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Ntyazo, Akagari ka Cyotamakara, mu Mudugudu wa Karuyumbu, yasanzwe mu giti cya avoka mu...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu humvikanye umubare munini w’abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye bitewe n’impinduka mu kubara amanota, haribazwa uburyo bizagenda...
Ndagijimana Elisa w’imyaka 29 yakubiswe n’inkuba ahita apfa, abandi bavandimwe be na Se bajyanywe kwa mu ganga kuvurwa ibikomere n’ihungabana. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa...
Donald John Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025....
Axel Rudakubana yemereye urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza ko yishe abana batatu tariki ya 29 Nyakanga 2024, abateye icyuma. Yanemeye kandi icyaha cyo kugerageza kwica abandi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mutarama 2025 ko rwataye muri yombi abantu 9, barimo Kwizera Emelyne uzwi cyane kubera...
Imirwano irakomeje mu nkengero z’imisozi ikikije umujyi wa Sake muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bilometero bitagera kuri 30 ngo ugere mu mujyi wa...
Muri Kanama 2024 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse insengero, kiliziya n’imisigiti bitari byujuje ibisabwa bigendanye n’amabwiriza abigenga. Amezi agiye kuba atanu icyo cyemezo gifashwe...
Gasore Simeon w’imyaka 39 wo mu Mudugudu wa Kabwenge, Akagari ka Nyagisozi, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze yagwiriwe n’itaka ubwo yibaga iryo guhomesha inzu ye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yababajwe n’urubyiruko rukomeje kwiyandarika by’umwihariko urwiyambika ubusa ku karubanda, asaba abayobozi n’ababyeyi guhagurukira ibyo byonnyi byibasiye Umuryango Nyarwanda. Perezida...