Rodrick Lodge, umusaza w’imyaka 69 w’Umwongereza, yahuye n’uruva gusenya nyuma yo guhomba amafaranga yizigamye yose arenga miliyoni 142 Frw ku mukobwa bakundaniye ku mbuga nkoranyambaga nyuma...
Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima RBC kivuga ko indwara y’ubushita bw’inkende (MPOX) ari indwara yandura, ku buryo gishishikariza abantu baba bagaragayeho ibimenyetso byayo kwihitira kujya kwa muganga. Umuyobozi...
Ubuyobozi bushinzwe abinjira n’Abashohoka mu Rwanda bwatangaje ko bwatoraguye amafaranga ku mupaka w’u Rwanda na Uganda ariko hatazwi nyirayo. Mu itangazo ubwo buyobozi bwasohoye kuri uyu...
Abakozi babiri ba Kiliziya Gatolika muri Tanzania, barimo umupadiri na umucungamutungo we, barashinjwa kwiba amafaranga arenga miliyari 1.7 y’amashilingi ya Tanzania (angana na 832,424,985 Frw), 100,000...
Tuyishimire Blandine, wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Rukira, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, yerekanye urukundo rudasanzwe ku mugabo we Bizumuremyi Yohani. Biyemeje gusezerana...
Ku wa 7 Kanama 2024, umutwe witwaje intwaro wa M23 wigaruriye agace ka Nyakakoma, ahakorerwa uburobyi, nyuma y’imirwano yamaze iminota mike. Iyi mirwano yabaye hagati y’ingabo...
Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare igaragaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kuba kimwe mu bihugu by’ingenzi u Rwanda rwoherezamo ibicuruzwa, nubwo umubano w’ibihugu...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangaje ko yagiye mu Bubiligi kwivuza indwara amaranye igihe ya ‘hernie discale’, akaba agumyeyo kugira ngo...
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, hamwe n’itsinda bari kumwe, mu nama igamije gutsura umubano no...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashinje uwahoze ari Perezida, Joseph Kabila, kuba ari we washinze ihuriro ry’imitwe imurwanya ifatanyije na M23, rizwi...