Dr Kalinda Francois-Xavier yongeye gutorerwa kuyobora Umutwe wa Sena y’u Rwanda, mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku majwi 25. Yatowe kuri uyu wa Kane tariki...
Umusore witwa Niyonkuru Valens w’imyaka 23 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke, akurikiranyweho gusambanya no gutera inda umwangavu w’imyaka...
Mu karere ka Nyanza mu Kagali ka Cyerezo mu Murenge wa Mukingo hari abahatuye bavuga ko kubera kutagira irimbi, usanga bitwikira ijoro bakajya gushyingura ababo mu...
Mu myaka itanu iri imbere, abagore bazahagararira Abanyarwanda mu Nteko Ishinga Amategeko, by’umwihariko muri Sena y’u Rwanda, bagiye kuruta abagabo ubwinshi, bikaba ari ubwa mbere ibi...
Ku wa Kabiri tariki ya 24 Nzeri 2024, mu isoko rya Rwesero riri mu Murenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, hafashwe abana 22 bo mu mashuri...
Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko yahaye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) icyifuzo cy’uko ibihugu byombi byasinyana amasezerano y’amahoro. Ibi yabitangarije...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu Muhango wo ‘Kwita Izina’ abana b’ingagi ku nshuro ya 20, hazitwa abana 22 b’ingagi bavutse muri uyu mwaka ushize....
Kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu Karere ka Nyamasheke hafungiye Ishimwe Olivier w’imyaka 22, Bagabo Niyonkuru w’imyaka 23 na murumuna we Ufitamahoro Porepore bakekwaho ubujura...
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Murambi, ubujura bw’amatungo magufi bumaze gufata indi ntera cyane cyane mu Kagali ka Muhororo, mu Mudugudu wa Ndago. Abaturage baravuga...
Inkuba yakubise abasirikare bane bo mu ngabo z’u Burundi, barimo na Major Rénovat Nzeyimana, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)....