Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yemeza ko u Rwanda rwahagaritse imikoranire n’u Bubiligi muri gahunda y’imyaka itanu yahereye mu 2024 ikazageza mu 2029. Icyo cyemezo...
Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe icyemezo cyo gushyira mu ngabo zayo abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, baherutse kumanika amaboko bakishyikiriza uyu mutwe. Abasirikare M23...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu...
Nyuma y’iminsi mike Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, atangaje umugambi wo kohereza ingabo mu Mujyi wa Bunia kugira ngo zihagarike ubwicanyi bukorerwa...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko yijunditse ibihugu bitatu byo ku Mugabane wa Afurika byanze ko Umuryango w’Abibumbye wamagana u Rwanda....
Muri Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, abarwanyi ba M23 bagenzura umujyi bashyizeho umutwe w’abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda. Guhera kuri uyu wa Mbere,...
Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bahati Musanga Erasto, yatangaje ko ibyambu bya Goma na Bukavu bizatangira gukora amasaha yose guhera...
Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje na UPR ndetse na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Umuvugizi wa FRB-Abarundi,...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 yategetse abatuye mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ko basubiza bagenzi babo ibyo babasahuye, ubwo ihuriro ry’ingabo...
Abatuye mu mujyi wa Goma babyukiye mu myigaragambyo mu gitondo cy’uyu wa 17 Gashyantare 2025, basaba ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO), iz’u Burundi...