Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano. Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, ku wa 23 Nyakanga 2025, ubwo yasobanuraga uruhare rw’igihugu cye mu kugarura amahoro muri RDC no mu karere muri […]
Continuer la lecture
