Trump yikomanze mu gatuza yibutsa abantu akamaro ke mu mibanire y’u Rwanda na RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iyo atagira uruhare mu biganiro bigamije gukemura amakimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibihugu byombi bitari kubyinjiramo ahubwo ibintu byari kurushaho kugana ahabi. Perezida Trump ari mu rugendo muri Ecosse aho yagiranye ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir […]

Continuer la lecture

DR Congo: Habaruwe abasivili 47 biciwe mu rusengero na ADF

Abantu 47 nibo bishwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Nyakanga, mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gitero cyagabwe n’umutwe witwaje intwaro wa Allied Democratic Forces (ADF-NALU), ufitanye isano n’abo mu mutwe wa Islamic State. Ubu bwicanyi bwabereye mu rusengero Gatolika rwo muri Komanda, mu karere ka Irumu, Intara […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yikomye radio Okapi

Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance Fleuve Congo, Laurence Kanyuka yavuze ko Radio Okapi itabaha umwanya ngo bavuge ku makuru itangaza, iyi radio ivuga ko mu bice bigenzurwa na M23 hakomeje kubera ubwicanyi. Kuri X yahoze ari Twitter, Kanyuka yavuze ko Radio Okapi yica uburenganzira bwo gusubiza. Ati “Turagaragaza akababaro kacu kubera uburyo Radio Okapi itangazamo amakuru areba […]

Continuer la lecture

Musanze: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gashaki barifuza serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma bajya kwivuza mu buryo bwa magendu, bavurwa n’abantu batabifitiye ubumenyi n’ibikoresho bidafite isuku. Abo baturage bavuga ko hari bamwe mu baturiye uwo Murenge bitwikira iki […]

Continuer la lecture

Passport y’u Rwanda yazamutseho imyanya itatu mu zikomeye ku isi

Pasiporo y’u Rwanda yageze ku mwanya wa 73, ivuye k’uwa 76 mu zikomeye ku Isi, kuko uyifite ashobora kujya mu bihugu 63 adasabwe Visa. Ni amakuru agaragara ku rutonde ngarukamwaka rwa The Henley Passport Index, rugaragaza uko Pasiporo z’ibihugu ziba zihagaze mu mwaka runaka. Urutonde rw’uyu mwaka rugaragaza ko Pasiporo y’u Rwanda iri ku mwanya […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yavuze ko itazasubira mu biganiro na DRC imfungwa zayo zitararekurwa

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ritazasubira i Doha muri Qatar mu biganiro by’amahoro na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo,(DRC) mu gihe imfungwa zayo zirenga 700 zitarekurwa. Umunyamabanga Uhoraho wa AFC/M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko biteguye gushyira mu bikorwa buri cyemezo cyubaka icyizere hagati y’impande zombi ariko yongeraho ko nta mpamvu yo gusubira mu biganiro […]

Continuer la lecture

Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko rw’Afurika kwigirira icyizere

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye urubyiruko rwa Afurika kwigirira icyizere kandi bagaharanira kugera ku nzozi zabo zo kuba ibihangange. Yabigarutseho kuri uyu wa 27 Nyakanga 2025, ubwo yatangizaga ku mugaragaro iserukiramuco nyafurika mu gutyaza impano mu mukino wa Basket Ball ‘Giant of Africa’. Perezida Kagame yahaye ikaze urubyiruko rwaturutse mu bihugu 20 […]

Continuer la lecture

Abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa basobanuriwe uburyo bashobora kugera ku nzozi zabo

Byagarutsweho kuri iki Cyumweru ubwo muri BK Arena haberega Ihuriro Mpuzamahanga ry’Urubyiruko rwitabiriye iri serukiramuco ryahuje abana b’Abanyarwanda 2000 bari hagati y’imyaka 15 na 19 n’abandi 320 baturutse mu bihugu 20 bya Afurika. Ni mu biganiro byatanzwe n’abarimo Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, Festus Elezi, Robin Roberts, Chiney Ogwumike na Masai […]

Continuer la lecture

Umugabo w’imyaka 42 yatawe muri yombi akekwaho gutera abantu icyuma mu iduka rya Walmart riherereye muri leta ya Michigan

Ibitaro biherereye hafi aho byatangaje ko biri kuvura abantu 11 bakomerekeye muri icyo gikorwa. Kubera ibyo, Ishami ry’Ubutabazi (Emergency) riri kwakira abarwayi benshi kurusha uko bisanzweni ko Munson Medical Centre yatangaje ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza imodoka za polisi n’iza ambilansi nyinshi mu kibuga cy’imodoka cya Walmart. Ibiro bya Sheriff bya […]

Continuer la lecture

Thailand na Cambodia bemeranyije kugirana ibiganiro muri Malaysia nyuma y’iminsi ine y’intambara

Thailand na Cambodia bemeranyije guhura ku wa mbere muri Malaysia kugira ngo baganire ku kurangiza imirwano imaze iminsi ine. Kuri iki cyumweru, Thailand yatangaje ko itsinda riyobowe na Minisitiri w’Intebe w’agateganyo Phumtham Wechayachai rizitabira ibyo biganiro nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ahamagaye abayobozi b’ibi bihugu byombi ku wa gatandatu […]

Continuer la lecture

Gaza : Bishimiye gahunda y’ubufasha ariko bafite impungenge ko bidashobora kurangiza ibibazo

Abaturage ba Gaza bishimiye cyane amakuru avuga ko hateganyijwe agahenge k’igihe gito ku mpamvu z’impuhwe kugira ngo ubufasha bushobore kugerayo, ariko benshi bavuga ko ubwo bufasha bukwiye kuba intangiriro y’igisubizo kirambye ku bibazo bikomeje gukomera. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko kizafungura imihanda y’ubutabazi kugira ngo imodoka zitwaye ibiribwa n’imiti zibashe kwinjira, nyuma y’igitutu cy’amasasu menshi […]

Continuer la lecture